Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nepal Nayo Yibasiwe N’Umutingito
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Nepal Nayo Yibasiwe N’Umutingito

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 January 2025 4:50 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Nepal
SHARE

Nyuma y’uko Ubushinwa buzindukiye mu gahinda bwatewe n’uko umutingito ufite ubukana bwa 7.1 uhitanye abakabakaba 100, ubuyoyozi bwa Nepal nabwo bwavuze ko abaturage b’iki gihugu bibasiwe nawo, uhitana abantu 143.

Uwabaye muri Nepal wo wari ufite ubukana bwa 5.6, ariko wangiza byinshi kuko uretse abo bantu wahitanye, hari inzu nyinshi wangije, utuma abantu benshi bava mu byabo.

Kimwe mu byatumye ugira ubukana bukomeye binyuze mu kwica abantu benshi ni uko wabaye mu ijoro, benshi basinziriye.

Ahitwa Jajarkot hapfiriye abantu 105 naho ahitwa Rukum hapfira abandi 38.

Hari abarenga 100 bakomerekejwe n’inzu zabagwiriye n’ibindi byabahanukiye.

Abatabazi baje kureba abagihumeka ngo babakure munsi y’inkuta zabagwiriye, ariko bibanza kugorana kuko imihana yasenywe nawo.

Byabaye ngombwa ko Leta ikoresha kajugujugu.

Ubuyobozi bwa Nepal bwifatanyije n’ababuze ababo, kandi n’abaturanyi ba Nepal bo mu Buhinde nabo bifatanyije nabo mu gahinda ko gupfusha abantu bene ako kageni.

Nepal ikunze kwibasirwa n’ibiza bitewe n’ahantu iherereye ndetse n’imiterere y’ubutaka bwayo. Mu 2015, umutingito wari ku gipimo cya 7.8 warayibasiye, wica abantu bagera ku 9000, abandi barenga 22.000 barakomereka.

TAGGED:AbantuNepalUbuyoboziUmutingito
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Jean Marie Le Pen Yapfuye
Next Article Nduhungirehe Ntiyumva Impamvu Kuba M23 Yafashe Masisi Byabujije Abantu Amahwemo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

BRD Yahawe Umuyobozi Mushya

Musanze: Polisi Yabatunguye Bari Gukora Inzoga Zitemewe

Ibitabo Umuntu Yandika Ni Umutungo We Bwite Ashobora No Gutanga- Prof Nzeyimana Wigisha Filozofiya

Minisitiri W’Umutekano Asaba Abaturage Kuzirikana Ko Umutekano Ugira Ikiguzi

Hashyizweho Itsinda Rizakurikirana Uko Kuhira Imyaka Bizakorwa Muri Kayonza

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Ntizemerewe Gucumbikirwa Mu Miryango 

Kagame Yibukije Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Ko Ruswa Ikiri Ikibazo

Ikawa Niyo Yinjirije u Rwanda Menshi Mu Bihingwa Rwagurishije Mu Mahanga

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

You Might Also Like

Mu mahanga

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

UN Yemeza Ko Nta Nzara ‘Ikomeye’ Ikiri Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunya Iraq Wahoze Ari Impunzi Yatorewe Kuyobora UNHCR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Amerika Yagabye Igitero Muri Syria

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?