Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngirente Asaba Ingabo Kuzirikana Uburemere Bw’Ikinyabupfura Mu Kazi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Ngirente Asaba Ingabo Kuzirikana Uburemere Bw’Ikinyabupfura Mu Kazi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 December 2024 4:09 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Yabasabye kuzirikana akamaro k'ikinyabupfura mu kazi
SHARE

Ubwo yakiraga indahiro y’abasirikare baherutse kugenwa ngo babe abacamanza  mu rukiko rukuru rwa gisikare, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yabibukije ko ikinyabupfura mu mico no mu myitwarire ari byo biranga ingabo y’u Rwanda, abasaba kuzabizikirana mu kazi kabo.

Ngirente avuga ko abo barahiriye izo nshingano bakwiye kwibuka ko icyireze bagiriwe n’ubuyobozi bukuru bw’u Rwanda n’ubw’ingabo zarwo ari ntagereranywa.

Ati: “Umunsi nk’uyu rero, uba ari umwanya mwiza wo kongera kwibukiranya imiterere n’uburemere bw’inshingano mumaze kurahirira. Amagambo akubiye mu ndahiro mumaze kutugezaho, ni yo akubiyemo ubutumwa bw’ingenzi bw’uyu munsi”.

Kubera uburemere bw’ibyo barahiriye, yabasabye kutazabukoresha mu nyungu zabo ahubwo bakazirikana ko bakorera Abanyarwanda n’igihugu cyabo.

Yukije ku kinyabupfura kiranga ingabo z’u Rwanda avuga ko ari indangagaciro ikomeye ikwiye kurushaho kuranga abasirikare bakora mu rwego rw’ubutabera.

Indi ngingo Minisitiri w’Intebe yagarutseho ni akamaro k’ikoranabuhanga mu kazi k’ubutabera.

Avuga ko rifasha mu gutegura amadosiye  no kuyaburanisha hirindwa ko yaba menshi akadindiza itangwa ry’ubutabera.

Yaboneyeho kubizeza ubufatanye na Leta y’u Rwanda, ababwira ko ari cyo kifuzo cya Leta y’u Rwanda.

Abasirikare bagizwe abayobozi mu rukiko rw’ikirenga ni

Brig. Gen. Patrick Karuretwa, Perezida w’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare; Lt Col Charles Sumanyi, Visi Perezida w’Urukiko Rukuru rwa Gisirikare; Lt Col Gerard Muhigirwa Visi Perezida w’Urukiko rwa Gisirikare n’abacamanza mu rukiko rukuru rwa Gisirikare aribo Lt Darcy Ndayishimiye na Lt Thérèse Mukasakindi ndetse n’abacamanza mu Rukiko rwa Gisirikare ari bo Capt. Moses Ndoba na Lt. Victor Kamanda.

TAGGED:featuredIkinyabupfuraIngaboNgirenteUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Ibiciro Byari Byifashe Mu Ugushyingo
Next Article Akamaro Ko Kubika Ibiribwa Ahatekanye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?