Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngirente Yahagaririye Kagame Mu Nama Mpuzamahanga Ibera Muri Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ngirente Yahagaririye Kagame Mu Nama Mpuzamahanga Ibera Muri Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 January 2024 3:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ari i Kampala muri Uganda mu Nama Mpuzamahanga ihuza ibihugu bigize icyo bise Non Aligned Mouvement ihuza ibihugu byinshi by’Afurika, Aziya n’ibyo muri Amerika yitwa iy’Abalatini.

Uyu Muryango mu Kinyarwanda bavuga ko ari Umuryango w’ibihugu ‘bidafite aho bibogamiye’, iyi ikaba ari ianam yawo ya 19.

Amakuru Taarifa ifite avuga ko Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente kuri uyu wa Gatandatu azageza ijambo ku bandi banyacyubahiro bari muri iriya Nama ahagarariyemo Perezida Paul Kagame.

Umuryango w’ibihugu bidafite aho bibogamiye, The Non-Aligned Movement (NAM) ugizwe n’ibihugu binyamuryango 120.

Ibyo bihugu bikomora izina mu ntambara y’Ubutita yigeze guhanganisha Aba Capitalists bari bayobowe n’Amerika n’aba Communists bari bayobowe ku isonga n’Abasoviyete.

Bivugwa uyu Muryango ari uwa kabiri ugizwe n’ibihugu byinshi ku isi nyuma y’ibigize Umuryango w’Abibumbye,United Nations.

Uyu muryango ugizwe n’ibihugu 120.

Umuryango w’Abibumbye ugizwe n’ibihugu 193.

TAGGED:AbibumbyeAmahangafeaturedInamaKagameNgirente
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article FAO Yizera Ko Ubufatanye N’u Rwanda Mu Guca Inzara Buzakomeza
Next Article Menya Ibigo Byahawe Bisi Nshya Zo Gutwara Abagenzi Muri Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?