Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ngirente Yahagaririye Kagame Mu Nama Mpuzamahanga Ibera Muri Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ngirente Yahagaririye Kagame Mu Nama Mpuzamahanga Ibera Muri Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 January 2024 3:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente ari i Kampala muri Uganda mu Nama Mpuzamahanga ihuza ibihugu bigize icyo bise Non Aligned Mouvement ihuza ibihugu byinshi by’Afurika, Aziya n’ibyo muri Amerika yitwa iy’Abalatini.

Uyu Muryango mu Kinyarwanda bavuga ko ari Umuryango w’ibihugu ‘bidafite aho bibogamiye’, iyi ikaba ari ianam yawo ya 19.

Amakuru Taarifa ifite avuga ko Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente kuri uyu wa Gatandatu azageza ijambo ku bandi banyacyubahiro bari muri iriya Nama ahagarariyemo Perezida Paul Kagame.

Umuryango w’ibihugu bidafite aho bibogamiye, The Non-Aligned Movement (NAM) ugizwe n’ibihugu binyamuryango 120.

Ibyo bihugu bikomora izina mu ntambara y’Ubutita yigeze guhanganisha Aba Capitalists bari bayobowe n’Amerika n’aba Communists bari bayobowe ku isonga n’Abasoviyete.

Bivugwa uyu Muryango ari uwa kabiri ugizwe n’ibihugu byinshi ku isi nyuma y’ibigize Umuryango w’Abibumbye,United Nations.

Uyu muryango ugizwe n’ibihugu 120.

Umuryango w’Abibumbye ugizwe n’ibihugu 193.

TAGGED:AbibumbyeAmahangafeaturedInamaKagameNgirente
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article FAO Yizera Ko Ubufatanye N’u Rwanda Mu Guca Inzara Buzakomeza
Next Article Menya Ibigo Byahawe Bisi Nshya Zo Gutwara Abagenzi Muri Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ababitse Ibitabo By’Amateka Y’u Rwanda Barasabwa Kubishyira Inkoranyabitabo Y’Igihugu

M23 Ivuga Ko Yakuye Abarwanyi Bayo Muri Uvira, Leta Ya Kinshasa Iti: ‘Murabeshya!’

Abanyarwandakazi Bafite Ubumuga Bwo Kutabona Barataka Kubera Ihohoterwa

Umukobwa Wo Mu Ruhango Bamusanze Mu Cyumba Cy’Umusore Yapfuye

RDB Yongereye Amasaha Yo Gufungura Utubari 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

Trump Yeruye Arega BBC Ngo Imwishyure Miliyari $10

Uko Ikibazo Cya Feri Za Spiro Giteye

FDLR Yarwanye Na Mai Mai

Umusaruro Mbumbe W’ u Rwanda Wazamutseho 11.8% Mu Gihembwe Cya Gatatu

You Might Also Like

Imyidagaduro

DJ Toxxyk Akurikiranyweho Kugonga Umupolisi Agapfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ibishanga Bya Kigali Byangizwa N’Ababisukamo Amazi Yanduye- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

UN Yemeza Ko Nta Nzara ‘Ikomeye’ Ikiri Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abavoka Basaba Ruswa Batokoza Ubutabera- Mukantaganzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?