Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nguesso ‘Afite Amahirwe’ Yo Kongera Kuyobora Congo-Brazzavile
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Nguesso ‘Afite Amahirwe’ Yo Kongera Kuyobora Congo-Brazzavile

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 March 2021 3:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hasigaye amasaha make ngo abatuye Congo-Brazzaville batore Umukuru w’igihugu. Bwana Denis Sassou Nguesso niwe uhabwa amahirwe yo kongera gutorwa, akayobora indi manda ya gatandatu.

Abagize Ishyaka ritavuga rumwe na Leta bafashe umwanzuro wo kubuza abayoboke babo kuzayitabira.

Denis Sassou Nguesso yari amaze imyaka 36 ayobora kiriya gihugu, ubu arifuza indi manda y’imyaka itanu, akikazarangira ayoboye Congo-Brazzaville imyaka 41.

Muri iki gihe afite imyaka 77 y’amavuko.

Yigeze kuyobora kiriya gihugu guhera muri 1979 kugeza 1992 ava ku butegetsi bufatwa na Pascal Lisouba, ariko nyuma aza kumutera coup d’état abusubiraho.

Hari umuhanga muri Politiki wo muri Congo-Brazzaville witwa Alphonse Ndongo wavuze ko byanze bikunze Nguesso azatsinda amatora ariko ngo no muri manda itaha irazarangira adakemuye ibibazo abaturage be bafite.

TAGGED:AmatoraCongofeaturedLetaMandaNguessoSassou
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Winnie Byanyima Yasuye Monique Nsanzabaganwa, Baganiriye Izihe Ngingo”
Next Article Umukobwa Ushinja Dr. Kayumba Kumuhohotera Yavuze Ko Yabanje Kumushukisha Amanota
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?