Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Niba Utakwambara Ubusa Mu Bantu Ntukabwambare Ku Mbuga Nkoranyambaga- RIB
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Niba Utakwambara Ubusa Mu Bantu Ntukabwambare Ku Mbuga Nkoranyambaga- RIB

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 December 2023 10:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Dr. Murangira asaba abantu kureka ibyaha
SHARE

Ubugenzacyaha busaba Abanyarwanda kwirinda icyo ari cyo cyose cyatuma bica amategeko harimo no gukoresha nabi imbugankoranyambaga. Umuvugizi w’uru rwego, Dr. Thierry B. Murangira avuga ko niba bidakwiye ko umuntu yiyambika ubusa mu ruhame, bitanakwiye ko abikorera ku mbuga nkorayambaga.

Yabwiye Taarifa ko abantu bagombye kuzirikana ko imbuga nkoranyambaga ari ahantu heza ho kubyaza umusaruro kuko ikoranabuhanga ari ingenzi.

Icyakora ngo kirazira kuzikoresha bica amategeko mu buryo ubwo ari bwo bwose.

Ati: “ Abanyarwanda bagomba kuzirikana ko imbuga nkoranyambaga atari ahantu ho gukorera ibyaha. Ni ahantu ho kubyaza umusaruro ariko mu buryo butagongana n’amategeko.”

Urwego rw’ubugenzacyaha buvuze ibi nyuma y’uko hari abantu batandukanye rwatawe muri yombi, mu bihe bitandukanye, rubakurikiranyweho gukorera ibyaha kuri YouTube no ku zindi mbuga nkoranyambaga.

Uwa vuba aha ni uwitwa Nibishaka Théogène usanzwe usengera mu Itorero rya Pantekote ADEPR uherutse gutabwa muri yombi n’Urwego rw’ubugenzacyaha rumukurikiranyeho ibyaha bifitanye isano no gutangaza amakuru y’ibihuha agamije guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda.

Mbere ye hari abandi benshi barimo uwitwa Yongwe wahoze nawe ari Pasiteri.

Ku rundi ruhande, Ubugenzacyaha bushima abantu muri rusange ko bari kwitwara neza mu mpera z’umwaka wa 2023 kandi bukabasaba kuzabikomeza haba mu ntangiriro z’umwaka wa 2024 ndetse na nyuma y’aho.

TAGGED:featuredIkoranabuhangaMurangiraRIBUbugenzacyaha
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abasirikare Ba Afurika Y’Epfo Ba Mbere Bageze Muri DRC
Next Article Kamonyi: Impanuka Ebyiri Zaguyemo Abantu Batandatu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?