Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nibiba Ngombwa Tuzarwana Na DRC- Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Nibiba Ngombwa Tuzarwana Na DRC- Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 June 2024 6:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yatangaje ko ibyo Abanyarwanda baciyemo bikomeye ku buryo nta kintu na kimwe cyabatera ubwoba. Yunzemo ko umwanduranyo wa DRC utakura umutima Abanyarwanda ndetse ko nibiba ngombwa u Rwanda ruzarwana mu buryo bweruye na kiriya gihugu.

Kagame yabwiye France 24 ko we ubwe atakomeza gusubizanya n’ibyo Tshisekedi akunda kuvuga kuko bimwe biba birimo no gukabya cyangwa kwivugira gusa.

Yasubizaga kucyo yari abajijwe  ku byo Tshisekedi aherutse kubwira iki kinyamakuru by’uko u Rwanda na Perezida Kagame ari bo nyirabayazana w’icyo yise Jenoside ibera mu Rwanda kandi  mbi kurusha iyakorewe mu Rwanda.

Perezida w’u Rwanda avuga ko iyo mugenzi we uyobora DRC avuga biriya yirengagiza nkana ko hari abaturage b’igihugu cye bagihunze u Rwanda rurabakira nk’impunzi kandi ngo abo bantu babarirwa mu bihumbi.

Ati: “ Abo bantu bose bataye ibyabo byose abantu babo bahasiga ubuzima baduhungiraho”.

Kagame avuga ko ikibabaje ari uko abo bantu bazira ‘abo bari bo’, ni ukuvuga Abatutsi.

Avuga ko bisa  n’aho ibyabaye ku Batutsi bo mu Rwanda ari nabyo biri kuba ku Batutsi bo muri DRC.

Ku byerekeye intambara DRC ihora ivuga ko izagaba ku Rwanda, Kagame avuga ko igihugu cye gihora kiteguye.

Avuga ko akurikije ibyo DRC ihora ivuga, u Rwanda rubifata nk’ibikomeye ku buryo nta kintu rujya rufatana uburemere buke.

Ati: “ Hari ikintu icyo ari cyo cyose cyongeye kubera ku butaka bwacu giturutse yo, twiteguye kurwana nabo”.

TAGGED:AbatutsiCongoDrfeaturedIntambara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abanyarwanda Baracyabika Amafaranga ‘Ku Musego’
Next Article FPR Ishimira Imitwe Ya Politiki Izifatanya Nayo Mu Matora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?