Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nigeria: Abakuru b’Imiryango mu Majyaruguru barashaka ko Buhari yegura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Nigeria: Abakuru b’Imiryango mu Majyaruguru barashaka ko Buhari yegura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 December 2020 7:06 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’ubwicanyi bwabaye mu mpera z’Icyumweru gishize bugahitana abahinzi Leta ivuga ko bageraga ku110, ubu Abakuru b’Imiryango y’ababuze ababo ndetse n’abandi batuye mu Majyaruguru ya Nigeria basabye  Perezida Buhari kwegura kuko yananiwe.

Ubwo Gen Muhammadu Buhari yiyamamarizaga kuyobora Nigeria asimbuye Goodluck Jonathan muri 2015 yasezeranyije abatuye Amajyaruguru y’igihugu cye  by’umwihariko ko azahashya abarwanyi ba Boko Haram.

Abasaza bagize Ihuriro ry’Abakuru b’Imiryango yo mu Majyaruguru ya Nigeria ryitwa (Northern Elders Forum) basohoye itangazo bavuga ko Buhari yananiwe bityo bamusaba kuva ku butegetsi.

Bavuga ko ubwicanyi buheruka gukorerwa mu gace batuyemo bwaberetse ko adashoboye kurinda abaturage be.

Izi nararibonye za Nigeria zivuga ko Buhari atagiha agaciro ubuzima  bw’abaturage be.

Ubutumwa bwabo bugira buti: “ Abasaza bayobora imiryango y’abatuye Nigeria y’Amajyaruguru twifatanyije n’abandi baturage mu kwamagana ubwicanyi buherutse gukorerwa abatuye Borno n’abandi bicwa hirya no hino mu gihugu cyacu. Twakomeje kwamagana ubwicanyi bubera muri Borno ariko dusanga ubutegetsi bwa Buhari bubirenza amaso.”

Bavuga ko iyo bitegereje basanga nta kintu na kimwe mu bikubiye mu isezerano Buhari yabahaye ubwo yiyamamazaga muri 2015 yashyize mu bikorwa.

Aba basaza bemeza ko ubundi mu gihugu gifite Demukarasi kandi kihagazeho, iyo umuyobozi atujuje ibyo yemereye abaturage yegura.

Kuri bo ngo igihe kirageze kugira ngo Muhammadu Buhari yegure.

Kuri uyu wa Kabiri taliki 01, Ukuboza, 2020 umuyobozi wa Boko Haram witwa Abubakar Shekau yemeye ko abarwanyi be ari bo baherutse kwica abahinzi bo muri Borno ariko avuga ko abishwe ari 73 atari 110.

Ivomo: Daily Post

Taarifa

TAGGED:Boko HaramBuhariNigeria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu bihe bya COVID-19, tuzakomeze gushaka amikoro yo guteza imbere Afurika: Kagame
Next Article Rwanda: Mu gukora Siporo muri Gym abantu bazajya bahana intera ya metero 2
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUmutekano

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?