Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nigeria: Abana barenga 300 bari barashimuswe na Boko Haram barekuwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Nigeria: Abana barenga 300 bari barashimuswe na Boko Haram barekuwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 December 2020 6:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ingabo za Nigeria ziri kwivuga ibigwi nyuma y’uko abana 350 bari barashimuswe na Boko Haram barekuwe, zikemeza ko zabigizemo uruhare.

Umuyobozi wa Boko Haram Aboubacar Shekau yari aherutse gucisha video kuri YouTube avuga ko abarwanyi be ari bo bagabye igitero mu kigo cy’amashuri kiri Katsina bakica abari bashinzwe kukirinda bagashimuta abana barenga 300 bari bagicumbitsemo.

Bariya barwanyi bagabye igitero kuri kiriya kigo kitwa Kankara  Science Secondary School bari kuri moto,

Gushimuta abana benshi kuriya byaherukaga muri 2014 ubwo abakobwa barenga 200 bashimutirwaga mu mujyi wa Chibok.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Guverineri w’Intara ya Katsina witwa Aminu Bello Masari avuga ko bariya bahungu bari barashimutiwe mu ishyamba rya Zamfara kandi bitwaye neza birinda kurakaza abarwanyi ba Boko Haram.

Yagize ati: “ Ndashima Imana ko bariya bana bitwaye neza birinda icyarakaza bariya barwanyi kuko bari kubarasamo bamwe.”

Ingabo za Nigeria zivuga ko zagize uruhare mu kubohoza bariya bana.

Amajyaruguru ya Nigeria yibasiwe n’abarwanyi ba Boko Haram bakora ibitero shuma bakica abaturage, bagashimuta abana n’abagore ndetse bagasahura.

TAGGED:AbanaChibokKatsinaNigeriaShekau
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Pierre Buyoya yapfuye
Next Article Cardinal Kambanda yahawe inshingano nshya na Papa Francis
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?