Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nigeria: Bongeye Gushimuta Abana B’Abakobwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Nigeria: Bongeye Gushimuta Abana B’Abakobwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 April 2023 8:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Leta ya Kaduna muri Nigeria abagizi ba nabi bashimuse abana 10 b’abakobwa babasanze mu ishuri. Aka gace kabaye indiri y’abagizi ba nabi bashimuta abana b’abakobwa.

Abana baraye bashimuswe ni abiga mu kigo cyitwa Awon Government Secondary School kiri ahitwa  Kachia.

Umwe mu bayobozi bo muri kiriya gice witwa Samuel Aruwan avuga ko kugeza bataramenya neza uko byagenze kugeza ubwo bariya bana bashimutwa bakagenda ntawe urabutswe.

Ubuyobozi bwa Kaduna bwamenyeshejwe ibya ririya shimutwa kandi bwabitangiyeho iperereza

Ikindi kivugwa n’itangazamakuru ryo muri Nigeria ni uko bitaramenyekana niba bariya bakobwa barashimutiwe neza neza imbere mu kigo cyangwa bafashwe baje ku ishuri kuko basanzwe biga ku manywa.

Kaduna ni imwe muri Leta za Nigeria zagowe.

Abayituye babasirwa kenshi n’abagizi ba nabi basahura, bagatwika kandi bakica abantu aho babasanze hose.

Izindi Leta zibasirwa cyane ni iya Katsina, Zamfara na Niger.

TAGGED:AbakobwaAbanaGushimuta
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yavuye Nyagatare Ari Muzima Yicirwa Muri Kicukiro
Next Article Rwandair Mu Bufatanye Na Turkish Airlines
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?