Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nigeria: Bongeye Gushimuta Abana B’Abakobwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Nigeria: Bongeye Gushimuta Abana B’Abakobwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 April 2023 8:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Leta ya Kaduna muri Nigeria abagizi ba nabi bashimuse abana 10 b’abakobwa babasanze mu ishuri. Aka gace kabaye indiri y’abagizi ba nabi bashimuta abana b’abakobwa.

Abana baraye bashimuswe ni abiga mu kigo cyitwa Awon Government Secondary School kiri ahitwa  Kachia.

Umwe mu bayobozi bo muri kiriya gice witwa Samuel Aruwan avuga ko kugeza bataramenya neza uko byagenze kugeza ubwo bariya bana bashimutwa bakagenda ntawe urabutswe.

Ubuyobozi bwa Kaduna bwamenyeshejwe ibya ririya shimutwa kandi bwabitangiyeho iperereza

Ikindi kivugwa n’itangazamakuru ryo muri Nigeria ni uko bitaramenyekana niba bariya bakobwa barashimutiwe neza neza imbere mu kigo cyangwa bafashwe baje ku ishuri kuko basanzwe biga ku manywa.

Kaduna ni imwe muri Leta za Nigeria zagowe.

Abayituye babasirwa kenshi n’abagizi ba nabi basahura, bagatwika kandi bakica abantu aho babasanze hose.

Izindi Leta zibasirwa cyane ni iya Katsina, Zamfara na Niger.

TAGGED:AbakobwaAbanaGushimuta
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yavuye Nyagatare Ari Muzima Yicirwa Muri Kicukiro
Next Article Rwandair Mu Bufatanye Na Turkish Airlines
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Basaza Babo-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?