Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nigeria: Umuhanzi Ifunanya Yishwe N’Inzoka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Nigeria: Umuhanzi Ifunanya Yishwe N’Inzoka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 February 2026 11:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi w’Umunya-Nigeria wari ufite imyaka 26, Ifunanya Nwangene wari ufite imyaka 26 y’amavuko yapfuye azize ubumara bw’inzoka yamurumye.

Yaguye iwabo muri Nigeria, iby’urupfu rwe bikaba byatangajwe n’abo baririmbanaga muri korali y’aho.

Nyuma yo kurumwa n’iyo nzoka, yajyanywe byihuse ku mavuriro atandukanye abaganga bagerageza ibishoboka ngo bamukize ariko biranga.

Ujya kumenyekana ku rwego mpuzamahanga byarangiye ubwo yitabiraga irushanwa bise ‘The Voice Nigeria’, ubwo ryabaga ku nshuro yaryo ya gatatu.

BBC mu gutangaza iby’urupfu rwe, ivuga ko uyu mukobwa yakanguste mu ijoro hagati bitewe n’ububabare yari afite ariko atazi icyabuteye.

Gutaka kwe kwahuruje abaturanyi bahageze basanga mu nzu ye hari nzoka ebyiri.

Imwe muri zo yari ifite ubumara bukomeye nk’uko abagombozi babivuze.

Ifunanya Nwangene, apfuye yateguraga igitaramo cye cya mbere yavugaga ko gikomeye, cyagombaga kuba muri uyu mwaka wa 2026, nubwo yari atarashyiraho itariki yacyo.

TAGGED:IfunanyaInzokaNigeriaUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi
Next Article Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Nigeria: Umuhanzi Ifunanya Yishwe N’Inzoka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Chorale De Kigali Igiye Kuyoborwa N’Umugore Kuva Yabaho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Chameleone FM: Radiyo Chameleone Agiye Gutangiza i Bujumbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroUbutabera

Uko DJ TOXXYK Yireguye Mbere Y’Uko Hemezwa Ko Afungwa By’Agateganyo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?