Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nimwiza Meghan Yitandukanyije N’Abategura Irushanwa Rya Miss Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Nimwiza Meghan Yitandukanyije N’Abategura Irushanwa Rya Miss Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 April 2022 6:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Byatangajwe ko Nimwiza Meghan wabaye Miss Rwanda 2019 akaba yari asanzwe ari we ushinzwe kuvugira ikigo gitegura iri rushanwa kitwa Rwanda Inspirational Backup yasezeye kuri iriya mirimo.

Yari amaze imyaka ibiri ari we uvuga mu izina ry’iki kigo kiyoborwa na Ishimwe Dieudonné wamamaye ku izina rya Prince Kid.

Meghan Nimwiza yasezeye avuga ko agiye gushakira imibereho mu kandi kazi.

Itangazo ryasohowe na Rwanda Inspirational Backup rishimira umusanzu Nimwiza yatanze mu iterambere rya kiriya kigo mu myaka yari amaze agikorera.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hari amakuru avuga ko uyu mukobwa yari amaze iminsi atarebana neza n’abayobozi be.

Icyakora Ishimwe Dieudonné yabwiye The New Times ko kugenda kwa Nimwiza kwatewe n’uko hari ahandi yabonye akazi.

Ati: “ Nimwiza aracyari umwe mu bagize umuryango mugari utegura Miss Rwanda gusa ubu ntakiri mu itsinda dukorana, yagiye gushaka akandi kazi ahandi.”

Ishimwe Dieudonné

Kuba avuga ko Miss Nimwiza akiri umwe mu bagize umuryango wa Miss Rwanda nta gitangaza kirimo kuko nyine ari Miss Rwanda 2019.

Nimwiza  yari asanzwe akorana na bagenzi be bigeze kuba Miss Rwanda barimo Miss Rwanda 2017 Elsa Iradukunda na Miss Rwanda 2018 Liliane Iradukunda.

- Advertisement -
TAGGED:featuredMissNimwizaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muzane Umugabo Mu Migambi Yanyu- Umuyobozi W’Ihuriro Ry’Abagore B’Abanyarwandakazi
Next Article Ngoma: Abanyeshuri Ba Kaminuza Bashumbushije Uwarokotse Jenoside Uherutse Kwicirwa Inka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?