Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nishimiye Kuzahatana Na Froome Muri Tour Du Rwanda-Moïse Mugisha
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Nishimiye Kuzahatana Na Froome Muri Tour Du Rwanda-Moïse Mugisha

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 February 2023 6:09 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukinnyi w’umukino w’igare watwaye etape ya Tour du Rwanda y’ubushize Moïse Mugisha yavuze ko kuba mu isiganwa rizatangira kuri iki Cyyumweru taliki 19, Gashyantare, 2023 azahatana na Chris Froome umwe mu bakinnyi bakomeye ku isi, ari iby’agaciro kuri we.

Kuri uyu wa 19, Gashyantare, 2023 nibwo Tour du Rwanda ku nshuro ya 15 iri butangire.

Mu kiganiro Mugisha yahaye itangazamakuru, Mugisha yavuze ko natangira isiganwa ryo kuri iyi nshuro azabikora agamije guhangana n’abakomeye muri uyu mukino barimo na Froome.

Ati: “ Kuba tugiye gusiganwa turi kumwe n’uyu mugabo Froome ni iby’ingenzi, tuzasiganwa duhanganye n’umuntu ukomeye.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Froome yemeza ko azakora nk’uko asanzwe akora ariko kandi ngo yishimiye kuba yageze mu Rwanda amahoro.

Ubusanzwe uyu Mwongereza afite n’inkomoko muri Kenya.

Yageze mu Rwanda mu minsi mike ishize, azana n’itsinda rizamufasha muri ako kazi.

Froome yavuze ko n’ubwo ari ubwa mbere azaba akinnye Tour du Rwanda, Chris Froome avuga ko azakorana na bagenzi be bakitwara neza uko bizagenda kose.

Perezida wa Federasiyo y’umukino wo gutwara igare Abdallah Murenzi yahaye ikaze abaje kwitabira ririya rushanwa, abizeza ko rizagenda neza nk’uko nayaribanjirije yagenze.

- Advertisement -

Umuyobozi wa Federasiyo y’umukino w’amagare mu Bufaransa wari umushyitsi w’imena  witwa Michel Callot muri iki kiganiro yavuze ko  bakorana na Federasiyo y’u Rwanda kugira ngo barebe uko barufasha guteza imbere umukino w’igare.

Kuri iki Cyumweru nibwo agace ka mbere ka Tour du Rwanda kazatangira.

Abasiganwa bazava mu Mujyi wa Kigali bagana mu Karere ka Rwamagana.

Uko amakipe ateganyijwe
TAGGED:AmagareBwongerezafeaturedFroomeIgareMoiseMugishaMurenzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugore W’i Nyanza Arakekwaho Kwica Umugabo We
Next Article Iterabwoba Rikomeye Ku Isi Riri Gutegurwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?