Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Noheli Ishyushye! Agaseke Canal + Ihishiye Abayikunda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Noheli Ishyushye! Agaseke Canal + Ihishiye Abayikunda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 November 2021 3:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho mu Rwanda n’ahandi ku isi kitwa Canal + cyatangaje ko mu gihe cy’umwaka kimaze gikorera mu Rwanda, cyahaye Abanyarwanda serivisi nziza kandi kizabikomeza no mu gihe kiri imbere.

Kivuga ko muri byinshi cyakoze harimo ikihariye kirimo guha abana shene yabafashije kwigira mu rugo yiswe Nathan TV.

Si yonyine kuko hari izindi shene zatangijwe na kiriya kigo harimo iz’abantu bakuru, abana, abakunda siporo, abakunda urwenya  n’izindi.

Umuyobozi wa Canal + witwa Sophie TCHATCHOUA yavuze ko ibyo Ikigo ayoboye cyasezeranyije Abanyarwanda byose cyabikoze.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Muri byo harimo kubaha shene nshya, gukorana n’ibigo biteza imbere umwari n’umugore, kwita ku bidukikije, kuremera abanyeshuri bakomoka mu miryango itishoboye, gukorana na Rayon Sports nk’ikipe ifite abafana benshi n’ibindi.

Ni ngombwa ko nawe utunga Dekoderi igezweho kandi kuri macye

Ubwo ubuyobozi bwa Canal + bwabwiraga abanyamakuru ibyo bwishimiye bwagezeho muri uyu mwaka bwavuze ko imbere hari ibindi byiza buteganyirije abakiliya.

Ibi byiza kandi byatangiye kugera ku bakiliya kuko Canal + yabahaye ubwasisi.

Ifatabuguzi ryari risanzwe ari Frw 10 000 ryashyizwe ku Frw 5000.

Ni ubwasisi bise ‘Noheli Ishyushye.’

- Advertisement -

Umukiliya uzagura iri fatabuguzi azahabwa inyongera yo kureba amashusho mu gihe cy’iminsi 15.

Ubukangurambaga bwiswe ‘Noheli Ishyushye.’

Umuyobozi wa Canal + Madamu Sophie TCHATCHOUA yagize ati: “Icyo tubijeje ni uko mu mwaka utaha tuzaha Abanyarwanda ibyo bazakenera byose harimo na serivisi nshya.”

Canal + ivuga ko ushaka ifatabuguzi akoresheje MTN Mobile Money akanda ukanda *182*3*1*4# naho ukoresha Airtel Money ni *500*7#.

Ikindi kandi ni uko umuguzi ashobora kugana  umucuruzi wa Canal + Rwanda akamuha ifatabuguzi ku Frw 5000 kandi agahabwa ubwasisi( promotion) y’iminsi 15 areba amashene yose.

Ni gahunda itangira kuri uyu wa Gatanu tariki 19, Ugushyingo, ikazarangira tariki 31, Ukuboza, 2021.

Mu rwego rwo gufasha abakiliya bayo Canal + yateguye abakozi 160 bo kuzafasha abakiliya bayo mu gihe bazaba bakeneye kumanika ibyuma byerekana amashusho.

TAGGED:AbanyarwandaCanal +featuredSheneSophie
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yijeje Impinduka Ku Bihano Bikomeje Gutangwa Mu Muhanda
Next Article Polisi Irasaba Abanyarwanda Kuyimenyesha Abacuruza Mukorogo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?