Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Noheli Ishyushye! Agaseke Canal + Ihishiye Abayikunda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Noheli Ishyushye! Agaseke Canal + Ihishiye Abayikunda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 November 2021 3:37 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo gitanga serivisi z’itumanaho mu Rwanda n’ahandi ku isi kitwa Canal + cyatangaje ko mu gihe cy’umwaka kimaze gikorera mu Rwanda, cyahaye Abanyarwanda serivisi nziza kandi kizabikomeza no mu gihe kiri imbere.

Kivuga ko muri byinshi cyakoze harimo ikihariye kirimo guha abana shene yabafashije kwigira mu rugo yiswe Nathan TV.

Si yonyine kuko hari izindi shene zatangijwe na kiriya kigo harimo iz’abantu bakuru, abana, abakunda siporo, abakunda urwenya  n’izindi.

Umuyobozi wa Canal + witwa Sophie TCHATCHOUA yavuze ko ibyo Ikigo ayoboye cyasezeranyije Abanyarwanda byose cyabikoze.

Muri byo harimo kubaha shene nshya, gukorana n’ibigo biteza imbere umwari n’umugore, kwita ku bidukikije, kuremera abanyeshuri bakomoka mu miryango itishoboye, gukorana na Rayon Sports nk’ikipe ifite abafana benshi n’ibindi.

Ni ngombwa ko nawe utunga Dekoderi igezweho kandi kuri macye

Ubwo ubuyobozi bwa Canal + bwabwiraga abanyamakuru ibyo bwishimiye bwagezeho muri uyu mwaka bwavuze ko imbere hari ibindi byiza buteganyirije abakiliya.

Ibi byiza kandi byatangiye kugera ku bakiliya kuko Canal + yabahaye ubwasisi.

Ifatabuguzi ryari risanzwe ari Frw 10 000 ryashyizwe ku Frw 5000.

Ni ubwasisi bise ‘Noheli Ishyushye.’

Umukiliya uzagura iri fatabuguzi azahabwa inyongera yo kureba amashusho mu gihe cy’iminsi 15.

Ubukangurambaga bwiswe ‘Noheli Ishyushye.’

Umuyobozi wa Canal + Madamu Sophie TCHATCHOUA yagize ati: “Icyo tubijeje ni uko mu mwaka utaha tuzaha Abanyarwanda ibyo bazakenera byose harimo na serivisi nshya.”

Canal + ivuga ko ushaka ifatabuguzi akoresheje MTN Mobile Money akanda ukanda *182*3*1*4# naho ukoresha Airtel Money ni *500*7#.

Ikindi kandi ni uko umuguzi ashobora kugana  umucuruzi wa Canal + Rwanda akamuha ifatabuguzi ku Frw 5000 kandi agahabwa ubwasisi( promotion) y’iminsi 15 areba amashene yose.

Ni gahunda itangira kuri uyu wa Gatanu tariki 19, Ugushyingo, ikazarangira tariki 31, Ukuboza, 2021.

Mu rwego rwo gufasha abakiliya bayo Canal + yateguye abakozi 160 bo kuzafasha abakiliya bayo mu gihe bazaba bakeneye kumanika ibyuma byerekana amashusho.

TAGGED:AbanyarwandaCanal +featuredSheneSophie
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yijeje Impinduka Ku Bihano Bikomeje Gutangwa Mu Muhanda
Next Article Polisi Irasaba Abanyarwanda Kuyimenyesha Abacuruza Mukorogo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?