Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nsanzabaganwa Yashimiwe Imikorere Yamuranze Muri AU Akorana Na Faki
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Nsanzabaganwa Yashimiwe Imikorere Yamuranze Muri AU Akorana Na Faki

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2025 1:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed yambitse umudali w’ishimwe Madamu Dr. Monique Nsanzabaganwa amushimira uruhare yagize mu guharanira ko imikorere ya Afurika yunze ubumwe igenda neza.

Nsanzabaganwa ni  Visi Perezida wa Komisiyo ya Afurika yunze ubumwe wari wungirije Mussa Faki Mahamat.

Kuri X Nsanzabaganwa yashimiye Abiy ko yabonye kandi agashima umuhati we mu gukorera Afurika yunze ubumwe.

Yashimiye kandi Abakuru b’ibihugu bigize uriya muryango bamwizeye bamuha inshingano yatangiye gukora guhera tariki 06, Gashyantare, 2021.

Yanditse ati: “ Nshimiye mbikuye ku mutima Abakuru ba Afurika bangiriye icyizere ngo nkorere Umugabane wacu dukunda. Ndashima by’umwihariko abaturage ba Ethiopia banyakiranye urugwiro n’urukundo”.

Nsanzabaganwa yakiriwe mu cyubahiro gikomeye

Monique Nsanzabaganwa ashinzwe ubutegetsi n’imari no kureba uko umutungo ushyirwa mu bikenewe kurusha ibindi.

Afite ububasha bwo gukora imirimo ya Perezida wa Komisiyo mu gihe adahari.

Niwe mugore wa mbere wagiye kuri izi nshingano mu mateka ya Afurika yunze ubumwe.

TAGGED:AbiyAfurikafeaturedIshimweNsanzabaganwaUmudali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Goma: Amafaranga Yarabuze, M23 Irashaka Uko Yabikemura
Next Article Nyarugenge: Polisi Yafashe Abamburaga Abantu Babanize
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Beyoncé Yabaye Undi Muhanzi Ufite Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?