Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nsanzabaganwa Yifurije Abagore Umunsi Mwiza, Abibutsa Uruhare Rw’Umugabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nsanzabaganwa Yifurije Abagore Umunsi Mwiza, Abibutsa Uruhare Rw’Umugabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 March 2021 10:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyamabanga Mukuru wungirije wa Komisiyo y’Umuryango w’Afurika Yunze Ubumwe Madamu Monique  Nsanzabaganwa yaganiriye n’abandi bagore bakorana mu nzego zitandukanye zuriya muryango abifuriza umunsi mwiza wabahariwe.

Mu kiganiro bakoranye mu buryo bw’ikoranabuhanga, Dr Nsanzabaganwa yabasabye gukora cyane bakazamura abakobwa ariko nabo bagaharanira gukomeza kugira ijambo mu muryango w’abantu.

Yabibukije  ko mu guharanira ko umugore [n’umukobwa]agira ijambo  bisaba ko umugabo nawe abigiramo uruhare, bamwe ntibumve ko kuzamuka kwabo bivuze kumuka kw’abandi.

Muri 2015 nibwo Dr Monique Nsanzabaganwa  nibwo yatangiye kuyobora Ihuriro riharanira kuzamura imyigire n’imibereho y’umukobwa yise New Faces New Voices.

Ikicaro cyaryo kiba muri Afurika y’Epfo.

Mu kiganiro yahaye The New Times muri uwo mwaka, Dr Nsanzabaganwa yavuze ko ririya huriro rigamije kongerera abakobwa ubumenyi n’ubushobozi bwo gukoresha mu byerekeye imari, bakagira ifaranga kugira ngo ‘badakomeza’ kubera umutwaro abandi.

Abo bakorana yabifurije umunsi mwiza w’abagore ariko abibutsa ko n’abagabo batagomba guhezwa
Aha yari akiri Visi Guverineri wa BNR. Yari yakiriye mu Biro bye umwana witwa Marie Rose wigaga Akillah Institute
TAGGED:AbagoreAfurikafeaturedNsanzabaganwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Papa Francis ‘Yasubiye Iwe Amahoro’
Next Article FERWACY Yasangiye N’Abakinnyi Baherutse Mu Misiri
1 Comment
  • Sakindi says:
    08 March 2021 at 12:20 pm

    N’ubundi nta mugore watera imbere nta mugabo.

    Reply

Leave a Reply to Sakindi Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?