Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nta Muntu Twigeze Dusaba Kutuzanira Abimukira- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nta Muntu Twigeze Dusaba Kutuzanira Abimukira- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 May 2023 12:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame mu nama yitabiriye muri Qatar yahuje iki gihugu n’inshuti zacyo yavuze ko abavuga ko u Rwanda rwashatse kwakira abimukira nk’aho ari ikintu rwashakagamo inyungu, bibeshya.

Yavuze ko nta muntu u Rwanda rwigeze rusaba ko arwoherereza abimukira, ahubwo ngo ni igitekerezo cyazanywe no gushaka gufasha mu gukemura ikibazo cyari kiri ku isi.

Kagame yabwiye abari muri iriya nama ko ikibazo cy’abimukira ari ikibazo kireba isi muri rusange, ariko ko u Rwanda rwazanye igisubizo cyarwo.

Si ubwa mbere Perezida Kagame abwiye amahanga ishingiro ry’uko u Rwanda rwiyemeje kwakira abimukira.

Yabibwiye kenshi abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda, abibwira abari bitabiriye Inama y’Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bivuga Icyongereza, CHOGM.

Umukuru w’u Rwanda avuga ko abavuga ko u Rwanda ari igihugu gishaka abimukira kugira ngo kibungukiremo bibeshya kuko Abanyarwanda badashobora gucuruza ikiremwamuntu.

Kagame yabwiye abamwumvaga ko kwakira abimukira bikozwe n’u Rwanda ari igitekerezo rwaganiriyeho n’Ubwongereza, impande zombi zibyemeranyaho.

Kagame Yaganiriye Na Minisitiri W’Intebe W’u Bwongereza Ku Bimukira

TAGGED:AbimukiraBwongerezaKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gisagara: Aborojwe Na Croix Rouge Basabwe Kudahora Basindagizwa
Next Article Muri Qatar Kagame Yaganiriye Na Benshi Ku Nyungu Z’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?