Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘Ntako Bisa Kuvuga Urukundo Wantuye’: Jules Sentore Abwira Nyina Witabye Imana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

‘Ntako Bisa Kuvuga Urukundo Wantuye’: Jules Sentore Abwira Nyina Witabye Imana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 January 2021 11:09 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi Jules Sentore yasohoye indirimbo yise  ‘Mama’. Muri yo ashimira Nyina ko yamureze neza akaba yitunze kandi afite ishema mu rungano rwe.  Nyina wa Jules Sentore yitwa Fanny Umutako.

Yitabye Imana tariki 14, Werurwe 2018, azize kanseri. Umutako Fanny ni umwe mu bana ba Sentore Athanase, akaba akurikira Masamba Intore uyu akaba Nyirarume wa Jules Sentore.

Igitero cya mbere cy’indirimbo ‘Mama’, Jules Sentore agira ati: “Reka nkurate nkuvuge ukuri mubyeyi, amezi icyenda mu nda yawe udahuga wanga ko mpungabana, mutima mwiza uzira umunabi, uri mudasumbwa urenze umwamikazi, undutira ibikomangoma ntako bisa kuvuga urwo wantuye. Bintera ishema kwitwa uwawe, Mama…”

Mu bantu bumvise iyi ndirimbo bakayitangaho ibitekerezo harimo na Hon Edouard Bamporiki.

Ni umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri ya Siporo n’Umuco, ushinzwe umuco.

Yanyuze ahatangirwa ibitekerezo ati: “Urakoze cyane Ntore Sentore, n’aha uratoje.”

Mu butumwa bwa Jules Sentore buherekezwa n’iyi ndrimbo yavuze ko ayituye ababyeyi bose b’abagore.

Iyi ndirimbo nshya ya Jules Sentore ije isanga iyitwa ‘Intango’ yaherukaga gusohora.

Muri iyi ndirimbo agaragaza ifoto ari kumwe na Nyina Umutako Fanny.

Umuhanzi Jules Sentore ni mwishywa wa Intore Masamba
Masamba Intore(Photo@The New Times)
Umusaza Athanase Sentore yaratabarutse

Indirimbo ‘Mama’

https://www.youtube.com/watch?v=HsA7PoijlU4&feature=youtu.be&ab_channel=SentoreJules

TAGGED:MamaMasambaSentoreUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umukobwa Wambitswe Impeta N’Umuhanzi Emmy Atuye ‘Kajeke’ Muri Kabeza
Next Article Abakuru Ba EAC ‘Bazaterana’ Bige Ibyerekeye Itorwa Ry’Umunyamabanga Mukuru
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Imyidagaduro

Nigeria: Umuhanzi Ifunanya Yishwe N’Inzoka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Chorale De Kigali Igiye Kuyoborwa N’Umugore Kuva Yabaho

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Chameleone FM: Radiyo Chameleone Agiye Gutangiza i Bujumbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?