Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyamasheke: Biraye Mu Nsina Z’Umuturage Barazararika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Biraye Mu Nsina Z’Umuturage Barazararika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 August 2024 6:37 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abantu bataramenyekana bo mu Karere ka Nyamasheke biraye mu rutoki rw’umuturage batemamo insina 102, bamena n’ibirahure by’inzu ye.

Bivugwa ko babikoze mu mpera z’Icyumweru gishize ubwo urutoki rwa Jean Pierre Ingabire rwatemwaga, inzu ye iri mu Mudugudu wa Mujabagiro ikamenwa ibirahure.

Iyi nzu yamenwe ibirahure iherereye mu wundi Mudugudu utandukanye n’uwo asanzwe atuyemo.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umusigire w’Umurenge wa Kagano, witwa Bandora Gratien yabwiye Imvaho Nshya ko inzego ziri gushakisha aba baragize uruhare muri urwo rugomo.

Ikirego nyiri kwangirizwa yamaze kukigeza kuri RIB iperereza riratangira.

Umwe mu baturanyi ba Ingabire avuga ko hakekwa abarobyi bakoresha imitego ya kaningini mu Kiyaga cya Kivu kuko nyiri urutoki yigeze kubatangaho amakuru iyo mitego bakayamburwa, bamwe muri bo bakajyanwa muri ‘Transit Center’.

Ati: “Bamwe muri bo bamweruriye ko ibyo abakoreye azabyicuza bazamugirira nabi”.

Abaturage basaba ko ubuyobozi gukora ibishoboka byose bakagira icyo bamufasha yaba mu kubona abazitemye ndetse no mu bundi buryo nk’umuturage wahuye n’ikibazo.

TAGGED:AbaturageInsinaNyamashekeRIB
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Itegeko Ryemeye Ko Umugore Yatwitira Mugenzi We
Next Article Gasabo: Muri Kigali Economic Zone Haravugwa Inkongi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?