Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyamasheke: Ikamyo Itwaye Inzoga Yagushije Urubavu Abaturage Bimara Icyaka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyamasheke: Ikamyo Itwaye Inzoga Yagushije Urubavu Abaturage Bimara Icyaka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 November 2022 8:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ahagana saa kenda n’igice za mu gitondo kuri uyu wa Gatandatu Taliki 26,  Ugushyingo, 2022 ikamyo yazamukaga iva i Karongi igana i Rusizi yagushije urubavu, ipakiye inzoga  zirameneka abaturage babona izo kunywa bataguze.

Umwe mu baturage bahageze mbere yabwiye Taarifa ko iriya kamyo yagushije urubavu, igwira ipoto rya REG ariko ngo uwari uyitwaye ntacyo yabaye.

Ikindi yatubwiye ni uko iriya kamyo yaguye neza kuko yasize igice gito imodoka ziturutse ku rubavu rumwe zashobora gucamo.

Iriya kamyo yaguye igeze ahitwa Muhororo mu Murenge wa Kirimbi muri Nyamasheke, ugana i Musebeya.

Byabereye i Muhororo mu Murenge wa Kirimbi, Akarere ka Nyamasheke

Ahagana saa mbiri ubwo twandikaga iyi nkuru, abaturage batubwiye ko Polisi yari itarahagera

Hagati aho hari amakuru Taarifa ifite avuga ko hari itsinda ry’Abadepite bari busure abatuye kariya gace, hakaba hari impungenge ko baza gutinzwa n’icyo kinyabiziga cyakoreye impanuka muri uyu muhanda ukiri mushya.

Yagwiriye intsinga z’amashyanyarazi
Abaturage bahageze mu rukerera rwa kare, batwaye inzoga zo kunywa
Amahirwe ni uko itafunze gice kinini cy’uyu muhanda ukiri mushya
TAGGED:IkamyoInzogaNyamasheke
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Ibyo Waguze Nta EBM Uzabyamburwa, Uwabikugurishije Akurikiranwe
Next Article Mu Gihe M23 Yahagaritse Imirwano, Ingabo Za Kenya Zikomeje Kuza Kuyirwanya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?