Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyamasheke: Mukerarugendo Yamize Nkeri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyamasheke: Mukerarugendo Yamize Nkeri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 July 2023 10:02 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amakuru Taarifa ifite avuga ko mu masaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu taliki 28, Nyakanga, 2023 mukerarugendo wari waje gusura u Rwanda aturutse muri Autriche witwa Robert Nenzinger yarohomye mu kiyaga cya Kivu bimuviramo urupfu.

Yari umusaza w’imyaka 72 y’amavuko, akaba yari yaraje mu Rwanda ari kumwe na bagenzi be.

Byabereye mu Mudugudu wa Gikuyu, Akagari ka Ninzi, Umurenge wa Kagano mu Karere ka Nyamasheke.

Uyu mugabo yarohamye ubwo yari ari kumwe na bagenzi be batandatu bari baje koga muri iki kiyaga.

Bari bamwe mu bandi 19 bavuye mu bihugu bitandukanye birimo na Autriche baje mu Rwanda muri Nyamasheke mu rwego rwo gutsura umubano uri hagati ya Paruwasi yabo yitwa Karlau na Paruwasi ya Nyamasheke.

Bose bararaga i Nyamasheke kuri Paruwasi.

Twamenye ko umurambo wa nyakwigendera wajyanywe mu buruhukiro bw’ibitaro bya Kibogora.

Taarifa iracyagerageza kuvugana n’ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamasheke ngo bugire icyo budutangariza kuri ibi byago ariko Appolonie Mukamasabo uyobora aka Karere ntaragira icyo adusubiza.

Turakomeza kubikurikirana…

TAGGED:AutrichefeaturedKivuKurohamaNyamashekeParoisseUmuzungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yakiriye Brammertz Ushinja Abaregwa Jenoside Yakorewe Abatutsi
Next Article Rwanda: Ingaruka Z’Ikirere Kibi Ku Buzima Bw’Abaturage Zigiye Gusuzumwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?