Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyanza: Barashakishwa Kubera Kwicisha Umuntu Inkoni
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Nyanza: Barashakishwa Kubera Kwicisha Umuntu Inkoni

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2025 6:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Byabereye mu Karere ka Nyanza.
SHARE

Mu Mudugudu wa Kirwa, Akagari ka Mushirarungu, Umurenge wa Rwabicuma mu Karere ka Nyanza haravugwa abantu bari gushakishwa na Polisi bakekwaho gukubita umuntu inkoni bikamuviramo urupfu.

Saa saba z’amanywa ku wa 09, Gashyantare, 2025 umugabo w’imyaka 37 wari kumwe n’abandi bantu babiri bagiye kwiba uwitwa Mushimiyimana Valentine bacukura inzu bakuramo ibishyimbo yari ahahunitse.

Ubwo bafatwaga, bose barirutse uwo mugabo we ntibyamuhira arafatwa.

Abamufashe baramukubise biza kumuviramo urupfu.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umuvugizi wa Polisi mu ntara y’Amajyepfo SP Emmanuel Habiyaremye yabwiye bagenzi bacu bakorera UMUSEKE ko  hari gukorwa iperereza ngo abakekwaho urwo rugomo bafatwe.

Yagize ati: ”Twatangiye gushakisha abakekwaho kwica uriya nyakwigendera ngo bakurikiranwe mu mategeko”.

Hari amakuru avuga ko abo bantu bagiye kwiba barimo abigeze kujyanwa mu bigo by’inzererezi bita Transit Centers.

Ikindi ni uko bagiye gukora ubwo bujura baturutse mu Murenge wa Busasamana nawo mu Karereka Nyanza.

Babaga ahitwa kuri 40.

- Advertisement -
Bivugwa ko baturutse i Busasamana bajya kwiba i Rwabicuma

Umurambo w’uwishwe wajyanywe mu bitaro bya Nyanza ngo usuzumwe.

Mu kuburira abantu, Polisi ibasaba kutihanira ahubwo bakayimenyesha, hamwe n’izindi nzego bireba,  amakuru ayo ari yo yose arebana n’ukekwaho icyaha bityo agakurikiranwa.

Abajura n’abatekereza kuba bo nabo bagirwa inama yo kubizibukira ahubwo bakitabira umurimo bagatera imbere binyuze mu cyuya babize.

TAGGED:GukubitaInkoniKwibaNyanzaPolisiUmujura
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bukavu: Abaturage Bashinja Ingabo Na Wazalendo Kubakorera Ibya Mfura Mbi
Next Article Ramaphosa Araca Amarenga Ko Ingabo Ze Zizatinda Muri DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?