Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyarugenge: Abantu 6 Bo Mu Muryango Umwe Bishwe N’Impanuka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyarugenge: Abantu 6 Bo Mu Muryango Umwe Bishwe N’Impanuka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 September 2023 3:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abantu bari bayirimo bari bagiye gusura abavandimwe ku Mugina wa Kamonyi
SHARE

Ahitwa Norvège mu Karere ka Nyarugenge habereye impanuka y’imidoka yari itwaye abantu 12 bari bagiye gusura benewabo b’i Kamonyi hapfamo batandatu.

Ni amakuru yemezwa n’Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda SSP Réné Irere.

Irere avuga ko bishoboka cyane ko umushoferi yari ananiwe, agasinzira imodoka ikarenga umuhanda ikagonga inzu n’ibiyikikije.

Icyakora iperereza ryatangijwe ku cyaba cyateye iyi mpanuka ikomeye.

Iyi mpanuka yabereye hafi y’Umudugudu w’i Norvège mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge.

Amakuru Taarifa icyesha Polisi avuga ko abantu bari bari muri iriya modoka bari bagiye gusura benewabo baba ku Mugina mu Karere ka Kamonyi.

Uretse abantu batandatu bapfuye, abandi batanu bakomeretse cyane, umwe niwe wakomeretse bidakanganye.

Senior Superintendent of Police(SSP) Réné Irere asaba abashoferi kujya baryama bakaruhuka kandi bikirinda umuvuduko cyangwa ikindi cyatuma umutimawabo utagoma ku kinyabiziga batwaye.

Ikindi ni uko umushoferi yayorokotse ubu akaba arembeye kwa muganga.

TAGGED:AbapolisifeaturedImpanukaIrereNyarugenge
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngoga Yahaye Perezida Wa Kenya Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda
Next Article Senateri W’u Rwanda Yatabarutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?