Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyarugenge: Abantu 6 Bo Mu Muryango Umwe Bishwe N’Impanuka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Nyarugenge: Abantu 6 Bo Mu Muryango Umwe Bishwe N’Impanuka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 September 2023 3:34 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abantu bari bayirimo bari bagiye gusura abavandimwe ku Mugina wa Kamonyi
SHARE

Ahitwa Norvège mu Karere ka Nyarugenge habereye impanuka y’imidoka yari itwaye abantu 12 bari bagiye gusura benewabo b’i Kamonyi hapfamo batandatu.

Ni amakuru yemezwa n’Umuvugizi w’Ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu muhanda SSP Réné Irere.

Irere avuga ko bishoboka cyane ko umushoferi yari ananiwe, agasinzira imodoka ikarenga umuhanda ikagonga inzu n’ibiyikikije.

Icyakora iperereza ryatangijwe ku cyaba cyateye iyi mpanuka ikomeye.

Iyi mpanuka yabereye hafi y’Umudugudu w’i Norvège mu Murenge wa Kigali mu Karere ka Nyarugenge.

Amakuru Taarifa icyesha Polisi avuga ko abantu bari bari muri iriya modoka bari bagiye gusura benewabo baba ku Mugina mu Karere ka Kamonyi.

Uretse abantu batandatu bapfuye, abandi batanu bakomeretse cyane, umwe niwe wakomeretse bidakanganye.

Senior Superintendent of Police(SSP) Réné Irere asaba abashoferi kujya baryama bakaruhuka kandi bikirinda umuvuduko cyangwa ikindi cyatuma umutimawabo utagoma ku kinyabiziga batwaye.

Ikindi ni uko umushoferi yayorokotse ubu akaba arembeye kwa muganga.

TAGGED:AbapolisifeaturedImpanukaIrereNyarugenge
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngoga Yahaye Perezida Wa Kenya Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda
Next Article Senateri W’u Rwanda Yatabarutse
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri Kayitesi Asobanura Uko Abatuye Intara Ye Bava Mu Bukene

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Indonesia: Umutingito Wateye Tsunami Yishe Abantu 248

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?