Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyarugenge: Grenade Yabonetse Mu Kibanza Cy’Umuturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Grenade Yabonetse Mu Kibanza Cy’Umuturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 April 2025 6:47 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Mudugudu w’Intiganda mu Kagari ka Tetero mu Murenge wa Muhima habonetse grenade ubwo abaturage bacukuraga itaka ryo kubakisha.

Baguye kuri iyo kabutindi ya grenade imeze nk’ubuhiri bita stick ishaje nk’uko Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali CIP Wellars Gahonzire yabibwiyeTaarifa Rwanda.

Gahonzire avuga ko ayo makuru yabonetse mu saa kumi z’umugoroba abaturage bahita babibwira abashinzwe umutekano.

Ati: “ Ni grenade bigaragara ko yahatawe kera kuko bigaragara ko yanashaje kandi yanafunguwe.”

Ubusanzwe iyo habonetse igisasu iyo ari cyo cyose mu Rwanda, umutwe w’ingabo z’u Rwanda witwa RDF Engineering brigade uraza ukagikuraho.

Polisi ivuga ko mbere y’uko ingabo z’u Rwanda zihagera, Polisi irahazitira kugira ngo hatagira umwana, itungo yangwa ikindi cyahagera bikaba byagiteza ibibazo.

Gahinzire avuga ko nta bisasu bikunze kuboneka mu mujyi wa Kigali ariko akavuga ko hari ahandi mu gihugu biboneka, akemeza ko ahanini biterwa n’uko u Rwanda rwabayemo intambara bityo ibisasu bikaba bikiri ahantu runaka hirya no hino.

Asaba abaturage gukomeza kujya babwira inzego ikintu cyose babonye ntibagishira amakenga bityo bigafasha ko Polisi ikorana n’izindi nzego mu gukumira ko hari abo yagirira nabi.

TAGGED:AbaturageGrenadeigisasuPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article New Zealand Irashaka Kwagura Umubano N’u Rwanda 
Next Article Muhanga: Umukozi Wa RIB Arareganwa Na Gitifu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gasabo: Umugore Yafatanywe Amakarito Ya Liquors Zitujuje Ubuziranenge

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

Amahoro Na Kigali Pelé Stadium Zemerewe Kwakira Amarushanwa Nyafurika 

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Sandra Teta Yarekuwe

Ibyotsi Bihumanya Ikirere Cy’u Rwanda Byikubye 5 Mu Bukana- REMA

Nyanza: Umurambo W’Umusore Wari Umaze Icyumweru Yarabuze Bawusanze Mu Mufuka

Imbaduko PM Nsengiyumva Atangiranye Mu Kuzamura Ubuhinzi N’Ubworozi

RDF/Military Police Mu Myitozo Ikarishye

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

General Muganga Yavuze Akazi Ingabo Zikorera Mu Mahanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Hari Icyo Abana Basaba Abayobozi Bakuru B’Igihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ubwizigame Bw’Abanyarwanda Ntiburagera No Kuri 50%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?