Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyarugenge: Polisi Yafashe Abamburaga Abantu Babanize
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abamburaga Abantu Babanize

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 February 2025 1:42 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku bufatanye bw’abaturage, inzego z’ibanze na Polisi, hari abagabo bane bafashwe bakekwaho kwiba abantu babanje kubaniga.

Bafatiwe mu Mudugudu wa Buhoro, Akagari ka Kimisagara, Umurenge wa Kimisagara muri Nyarugenge.

Abakekwaho urwo rugomo ni Mutabazi Pacifique w’imyaka 20, Nsegiyumva Christian w’imyaka 30, Shyaka Emmanuel w’imyaka 32 na Shyaka Harerimana nawe w’imyaka 30.

Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali Chief Inspector of Police (CIP) Wellars Gahonzire yabwiye Taarifa Rwanda ko abantu biba babanje kuniga abantu ari babi kuko akenshi baba ari abicanyi.

Avuga ko Polisi yari imaze iminsi ishakisha abo bantu baza gufatwa saa kumi n’ebyiri za mu gitondo kuri iki Cyumweru.

Yemeza ko Polisi izakomeza gufata abantu nk’abo aho bazaba bari hose.

Ati: “Polisi y’ u Rwanda ntizihanganira abantu bambura abaturage ibyabo cyane cyane abategera abantu mu nzira bakabambura. Tuzabasanga aho babikorera hose tubafate”.

Abafashwe bagiye kuba bafungiwe  Station ya Polisi ya Kimisagara.

Abaturage basabwa gutanga amakuru y’aho bazi abantu biba abaturage kugira ngo bazafatwe bashyikirizwe ubutabera.

TAGGED:AbajuraKunigaNyarugengePolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nsanzabaganwa Yashimiwe Imikorere Yamuranze Muri AU Akorana Na Faki
Next Article Uburundi Bwohereje Izindi Batayo Enye Muri DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

Hari Umwuka Mubi Hagati Ya DRC Na Zambia

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kamonyi: Imodoka Itwara Abagenzi Yakoze Impanuka Ikomeye

Amerika Yarashe Rwagati Muri Venezuela 

Guinée Equatoriale Yahinduye Umurwa Wayo Mukuru 

Karongi: Abo Mu Nkambi Ya Kiziba Nabo Bamaganye Ingengabitekerezo Iba i Kinshasa

Kirehe-Ngoma: Koperative Yejeje Umuceri None Uri Gupfa Ubusa

You Might Also Like

Mu Rwanda

Abagore 30 Mu Bakomando Ba RCS Batojwe Gutabara Aho Rukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Menya Imyanzuro Y’Inama Nkuru Ya 17 Ya FPR-Inkotanyi Iheruka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kirehe – Polisi Yarashe Uherutse Kwica Umumotari Akamwambura Moto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: Mu Minsi Mikuru Abantu 92 Bafunzwe Bazira Gutwara Banyoye Inzoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?