Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyarugenge: Yataye Uruhinja Mu Musarane
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Nyarugenge: Yataye Uruhinja Mu Musarane

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 March 2024 10:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Mudugudu wa Amizero mu Kagari ka Kivugiza mu Murenge wa Nyamirambo Akarere ka Nyarugenge haravugwa inkuru y’uruhinja rwatawe mu bwiherero n’umuntu utaramenyekana.

Byaraye bibaye kuri uyu wa Gatatu taliki 20, Werurwe, 2024.

Byemenyekanye nyuma y’uko abaturage bumvise uruhinja rutaka, bakaba babyumvise imvura yaguye kuri uyu wa Gatatu nyuma ya saa sita ihise.

 Babwiye bagenzi bacu ba BTN ko bumvise uyu mwana arira ubwo bari bagiye kugama ku rugo rwa Pierre Gahima.

Mu bitekerezo byabo, abaturage bavuga ko bishoboka cyane ko uriya mwana yatawe mu bwiherero n’umuntu udasanzwe muri kariya gace.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamirambo witwa Uwera Claudine yabwiye itangazamakuru ko ntacyo yatanga ku kintu kiri mu bugenzacyaha.

Mu butumwa bugufi yanyujije ku rubuga rwe rwa Whatsapp yagize ati: “Iyo  case iri mu bugenzacyaha nibo baguha amakuru. Barayaguha kandi rwose ndabizi”.

Hagati aho Polisi yatangiye gucukura ngo irebe uko yakura uwo mwana mu mwobo.

Polisi iri kureba uko yakura uwo mwana muri uwo mwobo
TAGGED:AbaturageImvuraUmwanaUruhinja
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Patriots BBC Yimuye Ku Ntebe APR BBC
Next Article Rwangombwa Yatangaje Umuti Uri Kuvugutirwa SACCOs
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Huye: Abagabo Bane Bakurikiranyweho Gutema Abaturage

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?