Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyarugenge: Yataye Uruhinja Mu Musarane
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Nyarugenge: Yataye Uruhinja Mu Musarane

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 March 2024 10:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Mudugudu wa Amizero mu Kagari ka Kivugiza mu Murenge wa Nyamirambo Akarere ka Nyarugenge haravugwa inkuru y’uruhinja rwatawe mu bwiherero n’umuntu utaramenyekana.

Byaraye bibaye kuri uyu wa Gatatu taliki 20, Werurwe, 2024.

Byemenyekanye nyuma y’uko abaturage bumvise uruhinja rutaka, bakaba babyumvise imvura yaguye kuri uyu wa Gatatu nyuma ya saa sita ihise.

 Babwiye bagenzi bacu ba BTN ko bumvise uyu mwana arira ubwo bari bagiye kugama ku rugo rwa Pierre Gahima.

Mu bitekerezo byabo, abaturage bavuga ko bishoboka cyane ko uriya mwana yatawe mu bwiherero n’umuntu udasanzwe muri kariya gace.

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamirambo witwa Uwera Claudine yabwiye itangazamakuru ko ntacyo yatanga ku kintu kiri mu bugenzacyaha.

Mu butumwa bugufi yanyujije ku rubuga rwe rwa Whatsapp yagize ati: “Iyo  case iri mu bugenzacyaha nibo baguha amakuru. Barayaguha kandi rwose ndabizi”.

Hagati aho Polisi yatangiye gucukura ngo irebe uko yakura uwo mwana mu mwobo.

Polisi iri kureba uko yakura uwo mwana muri uwo mwobo
TAGGED:AbaturageImvuraUmwanaUruhinja
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Patriots BBC Yimuye Ku Ntebe APR BBC
Next Article Rwangombwa Yatangaje Umuti Uri Kuvugutirwa SACCOs
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?