Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Nyuma Y’u Burundi Mbonyi Yagannye Muri Australia
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Nyuma Y’u Burundi Mbonyi Yagannye Muri Australia

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 January 2023 4:57 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Israel Mbonyi ari muri Australia mu bitaramo bitanu azahakorera. Nyuma y’igitaramo yakoreye mu Burundi, uyu muhanzi uri mu bakomeye mu ndirimbo zaririmbiwe Imana akomeje kwagura imipaka.

Ku Cyumweru taliki 08, Mutarama, 2023 nibwo yerekeje muri Australia aho yahise asohorera indirimbo yise ‘You won’t let go”.

Ikurikiye izo amaze iminsi asohora zigakundwa nka ‘Yaratwimanye’, ‘Ndakubabariye’ n’izindi.

Yagiye yo atunguranye kuko bitigeze bijya mu itangazamakuru.

Ibitaramo bye bizarangira taliki  11 Gashyantare 2023.

Azabitangirira ahitwa Brisbane ku wa 14 Mutarama 2023, akomereze i Sydney, aho azataramira ku wa 21 Mutarama 2023.

Nyuma ya Sydney, Israel Mbonyi azakomereza i Perth hakazaba ari taliki 28 Mutarama 2023, nyuma hakomeze ab’ i Melbourne hakazama ari ku wa 4 Gashyantare 2023 hanyuma asoreze ibitaramo bye ahitwa Adelaide.

Ibitaramo bye yabikubiye mu nyito yise Icyambu Tour.

Ibya mbere yabikoreye muri Canada, akurikirikizaho muri BK Arena, nyuma agana mu Burundi ubu yerekeje muri Australia.

Biteganyijwe ko nyuma ya Australia, azakomereza mu Burayi no muri Leta zunze ubumwe z’Amerika.

TAGGED:AustraliaBurundifeaturedIgitaramoMbonyi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article WHO/OMS Igiye Guterana Igire Icyo Ibwira Isi Kuri COVID-19
Next Article Canal + Yorohereje Abashaka Kureba CHAN 2023
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abagendera Muri Rwandair Bazajya Bareberamo ‘Filimi Nyarwanda’

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Abanyarwanda Bitabiriye UCI

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Tigers BBC Yatwaye Bwa Mbere Igikombe Cya Rwanda Cup

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

IkoranabuhangaImibereho Y'Abaturage

Ababyeyi Baraburirwa Ko Tik Tok Ibangiriza Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?