Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Obasanjo Wigeze Kuyobora Nigeria Yakemanze Ibyavuye Mu Matora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Obasanjo Wigeze Kuyobora Nigeria Yakemanze Ibyavuye Mu Matora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 March 2023 2:45 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Oluseguni Obasanjo wigeze kuyobora Nigeria yatangaje ko ibyavuye mu matora yegukanywe na Bola Tinubu byatekinitswe.

Ngo ni ibintu bikozwe kandi mu buhanga bwinshi.

Dele Alake wari uyoboye ibikorwa byo kwiyamamaza bya Tinubu avug ako ibyo Obasanjo avuga bica amarenga ko mbere y’uko Tinubu arahira, Nigeria ishobora kujya mu bibazo byatuma ubutegetsi bufatwa n’abasirikare.

Yagize ati: “ Ibyo uriya mugabo wigeze kuba Perezida w’iki gihugu avuga birakomeye. Bica amarenga ko hatabayeho uburyo buboneye bwo gucungira ibintu hafi, bishoboka cyane ko igisirikare cyafata ubutegetsi.”

Alake avuga ko hari n’abandi banyapolitiki babona ibintu kimwe na Obasanjo, bemeza ko habayeho kwiba amajwi.

Kuri we, abo bantu ni inyangabirama kuko badashaka ko ibyavuye mu matora bikurikizwa uko byakabaye kandi amahanga yemera ko yabayeho binyuze mu mucyo.

Avuga ko umuntu wese ushyira mu gaciro agomba kubona ko ariya matora yakozwe mu mucyo akayashyigikira.

Dele Alake aravuga ibi kandi akabishimangira ariko Olusegun Obasanjo we abibona ukundi.

Dele Alake

Yemeza atarya iminwa ko ibyavuye mu matora byatubuwe, hakabaho kwibira abandi bari bahanganye na Tinubu.

Imvugo ya Obasanjo ishobora kuza gutiza umurindi imyigaragambyo ivuga mu bice bimwe na bimwe bya Nigeria yatewe n’uko hari urubyiruko rwabwiye itangazamakuru mpuzamahanga ko hari amajwi yibwe.

TAGGED:AmatorafeaturedNigeriaObasanjoPerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umunyarwenya Eric Omondi Yafunzwe
Next Article Umushyikirano Ni Uburyo Bw’Abanyarwanda Bwo Kwinegura- Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?