Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Odinga Yatanze Kandidatire Muri Afurika Yunze Ubumwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Odinga Yatanze Kandidatire Muri Afurika Yunze Ubumwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 July 2024 1:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Binyuze muri Guverinoma ya Kenya, Raila Odinga yatanze kandidatire yo kwiyamamaza kuzatorerwa kuyobora Komisiyo y’Afurika yunze ubumwe.

Hagati aho hari amakuru avuga ko Kenya ihanganye na Tanzania kuri uyu mwanya kuko uwahoze ari Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Tanzania witwa January Makamba nawe afitemo akayihayiho.

Gutanga iyi kandidatire byakorewe i Addis Ababa muri Ethiopia ari naho hari icyicaro cy’Umuryango wa Afurika yunze ubumwe.

Hari n’amakuru avuga ko na Djibouti nayo ishaka kuzatanga iyo kandidatire.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Muri gahunda Odinga afite harimo ukwishyira hamwe kwa Afurika, iterambere ry’ibikorwaremezo, ubuhahirane n’ubucuruzi hagati y’ibihugu bya Afurika, kwigenga mu by’imari no guharanira uburinganire n’ubwuzuzanye bw’abagabo n’abagore.

U Rwanda ruherutse gutangaza ko ruzashyigikira kandidatire ya Odinga ndetse ngo nanatorwa ruzakomeza kumufasha.

Ni Perezida Kagame wabibwiye kimwe mu binyamakuru byo muri Kenya bikomeye kurusha ibindi mu kiganiro bagiranye mu mezi macye ashize.

Abasesengura bavuga ko kuba Guverinoma ya Kenya ishaka ko Odinga atorerwa uriya mwanya ari amayeri yo kumwigizayo ngo ntakomeze kutavuga rumwa na Leta ariko nanone bikaba n’ishema ry’igihugu cye.

Umukandida uzemeranywaho mu bihugu bigize EAC niwe uzatorerwa kuyobora uyu mwanya usanzweho Mussa Faki Mahamat, umunya Tchad uri mu bubashywe kurusha abandi muri Afurika.

- Advertisement -
Mussa Faki Mahamat
TAGGED:EACfeaturedKenyaOdingaTanzaniaUmukandida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Ntikwiye Gupfobya Ibyo Erdogan Avuga-Umusesenguzi
Next Article Mr. Nice Aragera Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?