Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ousmane Sonko Yabaye Minisitiri W’Intebe Wa Senegal
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ousmane Sonko Yabaye Minisitiri W’Intebe Wa Senegal

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 April 2024 10:43 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Gira So Yiturwa Indi. Ni umugani uhura n’ibyo Perezida Faye wa Senegal yakoreye Ousmane Sonko uherutse kumuharira ngo yiyamamarize kuyobora Senegal, akaza kubitsindira. Faye yagize Sonko Minisitiri w’Intebe.

Bombi bari mu ishyaka ritavuga rumwe na Leta kandi bakoranye bya hafi kugira ngo bagere ku butegetsi bahindure uko ibintu byari bimeze.

Perezida Bassirou Diomaye Faye yatangaje ko Ousmane Sonko abaye Minisitiri w’Intebe nyuma gato y’uko uyu arahiriye kuba Perezida wa Senegal wa Gatanu.

Ni mu birori byaraye bibereye muri Dakar, Umurwa mukuru, uyu muhango ukaba wanitabiriwe na Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda Dr. Edouard Ngirente.

Ousmane Sonko yahoze ari umuyobozi w’umujyi wa Ziguinchor uherereye mu Majyepfo ya Casamance utuwe ahanani n’ abataravugaga rumwe n’ubutegetsi bwa Macky Sall.

TAGGED:FayeIntebeMinisitiriPerezidaSenegalSonko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umusaruro W’Inyama U Rwanda Rwohereza Hanze Wikubye Kabiri
Next Article Sena Y’u Rwanda Ibaza Guverinoma Icyakuyeho ‘Kandagira Ukarabe’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwatsinze Uganda Mu Mikino Ya Handball

Kuki Amasezerano Y’Amahoro Akunze Kudakurikizwa?

Dusigaye Twishakamo Ibisubizo Ku Bibazo By’Ubuvuzi – Jeannette Kagame 

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ububiligi Bwijeje DRC Gukomeza Kuyiba Hafi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Uburayi Bwatanze Miliyoni € 2 Zo Gufasha Abo Muri Kivu Y’Amajyepfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Guverinoma Ya DRC Irashaka Kwisubiza Uvira Mu Buryo Bwuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?