Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: P-Square Yagarutse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

P-Square Yagarutse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 July 2022 8:25 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Hari hashize imyaka itanu abavandimwe babiri bahoze bakorana mu itsinda ry’umuziki bise P-Square bahagaritse gukorana. Ubu batangaje ko basubiranye kandi bagiye gukora ibitaramo bizagera mu mijyi 100  hirya no hino ku isi.

N’ikimenyimenyi  muri iki gihe bafitanye indirimbo ebyiri imwe bise  ‘Jaiye’ indi bayita  ‘Find Somebody’.

Nibo baziyandikiye bazishyira mu byuma kugeza zibaye indirimbo zuzuye zirasohoka.

Indirimbo ‘Jaiye’ irimo amashusho aba bagabo bombi bakorana igitaramo, abafana babyishimiye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Nyuma yo kwiyemeza kongera gukorana, bahise bavuga ko bagiye gutangira ibitaramo mu mijyi 100 kandi ngo bizaba biri mu bitaramo byakunzwe kandi byakozwe henshi ku isi mu mwaka wa 2022.

Peter na Paul Okoye ni abavandimwe b’impanga bihuje bakora itsinda bise P-Square.

Indirimbo ebyiri baherutse gusohora, zije hashize imyaka itanu buri wese akora ukwe.

Mu mwaka wa 2000 basohoye indirimbo yakunzwe yiswe Ifunanya yahise ituma isi ibamenya.

Bidatinze basohoye indirimbo zabiciye bigacika bise Roll it, Do Me, Forever, Alingo, Personally iyi ya nyuma ikaba nayo iri mu zakunzwe zikabyinwa henshi muri Afurika.

- Advertisement -

‘Personally’ yasohotse mu mwaka wa 2014.

Ibitaramo byabo mu mijyi 100 bizakorerwa muri Amerika, u Burayi, u Bwongereza , Uburasirazuba bwo hagati, ahandi muri Aziya no muri Afurika.

TAGGED:AbavandimwefeaturedIndirimboP Sqaure
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakozi ba ECOBANK Batawe Muri Yombi
Next Article Ese Federasiyo Y’Abanditsi Nyarwanda Izacyemura Ibyo Bigeze Gushinjwa Na Guverinoma?
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?