Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Papa Arasaba Ko Ababikira 6 Bashimutiwe Muri Haïti Barekurwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Papa Arasaba Ko Ababikira 6 Bashimutiwe Muri Haïti Barekurwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 January 2024 8:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku isi, Papa Francis yasabye isi yose gusengera ababikira batandatu  baherutse gushimutirwa muri Haïti bikozwe na bamwe mu barwanyi b’umwe mu mitwe 3oo yayogoje kuriya gihugu.

Yabisabiye mu gitambo cya Misa yatambye kuri iki Cyumweru taliki 21, Mutarama, 2024.

Iki gihugu kiri mu Majyepfo y’Amerika kiri mu bikennye kandi bidatekanye kurusha ibindi ku isi.

Mu mwaka wa 2023 uwari Perezida wacyo witwa Jovenel Moïse yahitanywe n’abantu bamusanze iwe aryamye.

Kubera umutekano muke uhamaze iminsi, mu minsi ishize Kenya yagize igitekerezo cyo kuhohereza abasirikare ngo bahabungabunge amahoro ariko sosiyete sivile n’abaravuga rumwe na Leta ya Ruto barabyamagana.

Bavugaga ko nta mpamvu yo gufata abana ba Kenya ngo bajye kugwa muri Haïti, igihugu kiri kure cyane ya Kenya.

Papa Francis kandi yasabye Imana gufasha Haïti kubona amahoro, ikiba igihugu gutekanye nk’uko bimeze n’ahandi ku isi.

TAGGED:AbabikirafeaturedFrancisInyeshyambaPapa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ababyeyi B’i Musanze Bakurikiranyweho Kwica Umwana WABO
Next Article Ibigo Bitwara Abagenzi Birishyuza Leta Miliyari 24 Frw
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

You Might Also Like

Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?