Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Papa Arasaba Ko Ababikira 6 Bashimutiwe Muri Haïti Barekurwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Papa Arasaba Ko Ababikira 6 Bashimutiwe Muri Haïti Barekurwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 January 2024 8:23 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku isi, Papa Francis yasabye isi yose gusengera ababikira batandatu  baherutse gushimutirwa muri Haïti bikozwe na bamwe mu barwanyi b’umwe mu mitwe 3oo yayogoje kuriya gihugu.

Yabisabiye mu gitambo cya Misa yatambye kuri iki Cyumweru taliki 21, Mutarama, 2024.

Iki gihugu kiri mu Majyepfo y’Amerika kiri mu bikennye kandi bidatekanye kurusha ibindi ku isi.

Mu mwaka wa 2023 uwari Perezida wacyo witwa Jovenel Moïse yahitanywe n’abantu bamusanze iwe aryamye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kubera umutekano muke uhamaze iminsi, mu minsi ishize Kenya yagize igitekerezo cyo kuhohereza abasirikare ngo bahabungabunge amahoro ariko sosiyete sivile n’abaravuga rumwe na Leta ya Ruto barabyamagana.

Bavugaga ko nta mpamvu yo gufata abana ba Kenya ngo bajye kugwa muri Haïti, igihugu kiri kure cyane ya Kenya.

Papa Francis kandi yasabye Imana gufasha Haïti kubona amahoro, ikiba igihugu gutekanye nk’uko bimeze n’ahandi ku isi.

TAGGED:AbabikirafeaturedFrancisInyeshyambaPapa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ababyeyi B’i Musanze Bakurikiranyweho Kwica Umwana WABO
Next Article Ibigo Bitwara Abagenzi Birishyuza Leta Miliyari 24 Frw
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Gutega Amatwi Inyoni Ziririmba Bimara Ishavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

RIB Iraburira Abajya Gusenga Bakibwa Telefone

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Muganga Yaremeye Ikipe Y’Igihugu Y’Abangavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?