Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Papa Francis Yabazwe Mu Mara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Amadini N'Iyobokamana

Papa Francis Yabazwe Mu Mara

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 July 2021 1:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Papa Francis  w’imyaka 84 y’amavuko kuri iki Cyumweru yabazwe urura runini. Byatangajwe n’umuvugizi wa Leta ya Vatican witwa Matteo Bruni.

Umushumba wa Kiliziya Gatulika yabagiwe mu bitaro bikomeye biri i Vatican byitwa Gemelli Polyclinic.

Bwana Matteo avuga ko kuri uyu wa Mbere tariki 05, Nyakanga, 2021 Papa Francis yagaruye ubuyanja, ko atamerewe nabi.

Iyi nkuru yanditswe hashize amasaha 12 abazwe.

Ibiro bye bitangaza ko yabazwe igice cy’urura runini kitwa sigmoid, iki kikaba ari igice cyarwo cyegera aho umwanda usohokera.

Kuri uyu wa Mbere tariki 05, Nyakanga, 2021 Ibiro bya Papa byatangaje ko amerewe neza, ko ari kugarura intege.

Bruni ati: “ Nyirubutungane Papa amerewe neza, arahumeka neza.”

Abaganga bamaze amasaha atatu babaga Papa Francis.

Umwe mu ba Karidinali bakuru baba i Roma witwa Enrico Feroci yabwiye Ibiro ntaramakuru byo mu Butaliyani ANSA ko abantu bose bagombye gusengera Papa kandi bagasaba Imana kumuba hafi.

Biteganyijwe ko Papa azamara iminsi irindwi mu bitaro.

Arwariye mu muturirwa wa 10 wagenewe kurwarizwamo ba Papa.

Umushumba wa Kiliziya Gaturika waherukaga kuharwarira mu bihe bitandukanye yari Papa Yohani Pawulo II.

TAGGED:AmarafeaturedFrancisKaridinaliPapaVatican
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amaboko Yabohoye U Rwanda Yongereye Ingufu- Mushikiwabo
Next Article ‘Bidateye Kabiri’ Putin Yakoze Biden Mu Jisho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?