Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Papa Francis Yakiriye Perezida W’u Burundi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Papa Francis Yakiriye Perezida W’u Burundi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 March 2022 4:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umushumba wa Kiliziya Gatulika Papa Francis yakiriye   Perezida w’u Burundi Nyiricyubahiro Evariste Ndayishimiye wagiye i Vatican kuri uyu wa Gatanu taliki 25, Werurwe, 2022  mu ruzinduko rw’akazi.

Nyuma yo kubonana na Papa Francis, Perezida Ndayishimiye yatumiye Nyirubutungane Papa Francis ngo azasure u Burundi.

Nirwo rugendo rwa mbere akoreye i Vatican kuva yajya ku butegetsi mu myaka micye ishize.

Au cours de leur entretien, ils ont exprimé leur volonté commune de renforcer les liens d'amitié et de coopération entre le #Burundi et le #Vatican. Le Président #Ndayishimiye a saisi cette occasion pour inviter le Saint Père à visiter le Burundi au cours de l’année prochaine. pic.twitter.com/U45wAiwUzf

— Ntare Rushatsi House (@NtareHouse) March 26, 2022

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kuri uyu wa Gatanu nibwo yagiye i Vatican aherekejwe n’Umufasha we Angeline Ndayubaha Ndayishimiye.

Yari kumwe n’abandi banyacyubahiro.

Mu minsi micye ishize, Perezida Ndayishimiye yakiriya mu Biro bye Cardinal w’u Rwanda Nyiricyubahiro Antoine Kambanda.

Cardinal Kambanda Yahuye Na Perezida W’u Burundi

TAGGED:BurundifeaturedKambandaNdayishimiyeVatican
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Gihe Isi Iri Kuva Mu Ngaruka Za COVID-19, Ubufatanye Ni Ngombwa- Kagame
Next Article I Nyanza Naho Hafatiwe Umuntu Ukurikiranyweho Gukora Amafaranga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Musk Yavuye Mu Nshingano Yahawe Na Trump

RDB Yagize Icyo Ivuga Ku Ntambara Ya DRC

Umwanditsi Ukomeye Ngũgĩ wa Thiong’o Yapfuye

U Rwanda Rugiye Kubaka Uruganda Rubyaza Izuba Amashanyarazi Ya Mega Watt 30

Umwami W’Ubwongereza Atinya Ko Canada Izomekwa Kuri Amerika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mu Buyobozi Bw’Intara Harimo Urunturuntu-Tshisekedi

M23 Irasaba Uburundi Gucyura Ingabo Zabwo Inzira Zikigendwa

Abajyanama B’Ubuzima Bagiye Gukoresha Ubwenge Buhangano Mu Kazi

Jeannette Kagame Arahemba Abakobwa Batsinze Neza Ibizamini Bya Leta

RDF Iri Kubaka Igisirikare Cya Mozambique Kirwanira Ku Butaka

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Pariki Y’Akagera Yinjije Arenga Miliyari Frw 5 Mu Mwaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'UbuhangaUbuzima

Uhumeka Inshuro 20,000 Ku Munsi-Ariko Se Ubikora Neza?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Pariki Y’Akagera Igiye Kubakwamo Hoteli Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Gakenke: Abaturage Baremeye Abaturanyi Barokotse Jenoside

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?