Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Pasiteri ‘Asurira’ Abayoboke Ku Mazuru Ngo Ni Imbaraga Z’Imana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Utuntu n'Utundi

Pasiteri ‘Asurira’ Abayoboke Ku Mazuru Ngo Ni Imbaraga Z’Imana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 March 2021 3:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gace ka Limpopo ka Afurika y’Epfo hari pasiteri witwa Christ Penelope uvugwaho gusaba abayoboke be guca bugufi akabasurira ku mazuru ngo nibwo bazakizwa ibyaha. Pasiteri Christ Penelope avuga ko abikora mu rwego rwo gufasha Abakirisitu be kuzura umwuka.

Christ Penelope avuga ko ibyo akorera Abakirisitu be bibafasha gukira haba mu buryo bw’umubiri no mu buryo bw’umwuka.

Uyu mugabo ufite idini yashinze ahitwa Giyani mu Ntara ya Limpopo yari amaze iminsi akunzwe haba ku mbuga nkoranyambanga no mu gace atuyemo.

Yabwiye ikinyamakuru kirwa Drum ko biriya abikora mu rwego rwo kumvira no kwigana ugushaka kw’Imana kubera ko nayo hari ubwo ‘ikiza abantu binyuze mu mwuka.’

Yagize ati: “ Muribuka ko Imana yasinzirije Adam mu buryo bw’umwuka ikamukuramo urubavu rwavuyemo Eva? Ni muri buriya buryo nanjye mfasha abantu kumva ko Imana yabafasha gukira ibibagoye binyuze mu kubaha uriya mwuka mbaha.”

Pasiteri Penelope avuga ko iyo asuriye Umukirisitu ‘bituma umwuka wera umwinjira vuba ugakora akazi kawo.’

Abazi Bibiliya bavuga ko hari aho Yezu Kristu yigeze kubwira intumwa ze ati: “ Muririnde kuko mu minsi y’imperuka ‘hazaduka abiyita ba Mesiya bakayobya benshi.”

TAGGED:AmazuruImanaPasiteri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RDB na Arsenal Mu Biganiro Byo Gusubukura Visit Rwanda
Next Article FARDC Yemeje Ko Yiteguye Gufatanya n’Ibihugu Birimo U Rwanda ‘Mu Bitero Simusiga’ Ku Nyeshyamba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

Uganda: Umwe Mu Bakire Bakomeye Yiciwe Mu Biro Bye

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Mu mahangaUbumenyi N'UbuhangaUtuntu n'Utundi

Ubwongereza: Hahujwe Intanga Z’Abantu Batatu Havuka Abana Umunani

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Cardinal Kambanda Ari Muri Uganda Mu Kuzirikana Abahowe Imana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Yasohoye Indirimbo Ibanziriza Igitaramo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Yagarutse Mu Muziki Nyuma Y’Imyaka 15

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?