Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Pasiteri ‘Asurira’ Abayoboke Ku Mazuru Ngo Ni Imbaraga Z’Imana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Utuntu n'Utundi

Pasiteri ‘Asurira’ Abayoboke Ku Mazuru Ngo Ni Imbaraga Z’Imana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 March 2021 3:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gace ka Limpopo ka Afurika y’Epfo hari pasiteri witwa Christ Penelope uvugwaho gusaba abayoboke be guca bugufi akabasurira ku mazuru ngo nibwo bazakizwa ibyaha. Pasiteri Christ Penelope avuga ko abikora mu rwego rwo gufasha Abakirisitu be kuzura umwuka.

Christ Penelope avuga ko ibyo akorera Abakirisitu be bibafasha gukira haba mu buryo bw’umubiri no mu buryo bw’umwuka.

Uyu mugabo ufite idini yashinze ahitwa Giyani mu Ntara ya Limpopo yari amaze iminsi akunzwe haba ku mbuga nkoranyambanga no mu gace atuyemo.

Yabwiye ikinyamakuru kirwa Drum ko biriya abikora mu rwego rwo kumvira no kwigana ugushaka kw’Imana kubera ko nayo hari ubwo ‘ikiza abantu binyuze mu mwuka.’

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yagize ati: “ Muribuka ko Imana yasinzirije Adam mu buryo bw’umwuka ikamukuramo urubavu rwavuyemo Eva? Ni muri buriya buryo nanjye mfasha abantu kumva ko Imana yabafasha gukira ibibagoye binyuze mu kubaha uriya mwuka mbaha.”

Pasiteri Penelope avuga ko iyo asuriye Umukirisitu ‘bituma umwuka wera umwinjira vuba ugakora akazi kawo.’

Abazi Bibiliya bavuga ko hari aho Yezu Kristu yigeze kubwira intumwa ze ati: “ Muririnde kuko mu minsi y’imperuka ‘hazaduka abiyita ba Mesiya bakayobya benshi.”

TAGGED:AmazuruImanaPasiteri
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RDB na Arsenal Mu Biganiro Byo Gusubukura Visit Rwanda
Next Article FARDC Yemeje Ko Yiteguye Gufatanya n’Ibihugu Birimo U Rwanda ‘Mu Bitero Simusiga’ Ku Nyeshyamba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

ImyidagaduroMu Rwanda

Nick Ngendahayo Yagarutse Mu Muziki Nyuma Y’Imyaka 15

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Imana Yampaye Umugezi W’Indirimbo Zidakama-Umuhanzi Tonzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Umunyarwenya W’Icyamamare Ku Isi Steve Harvey Arashaka Gushora Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Chorale Hoziana Igiye Gukora Igitaramo Mu Minsi Itatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?