Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Pasiteri Mpyisi Yasize Yanditse Igitabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Pasiteri Mpyisi Yasize Yanditse Igitabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 July 2024 11:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Kaminuza ya UNILAK haraye yamurikiwe igitabo Pasiteri Ezra Mpyisi yasize yanditse yise ‘Inkomoko y’ibyiza byose: Imana’. Uyu mukambwe aherutse gutabaruka afite imyaka irenga 100.

Hagati aho kandi uyu munyabwenge u Rwanda rwabuze yasize ashinze n’ishuri rya Bibiliya yise Pasitor Ezra Mpyisi Bible and Education Foundation” (PEMBE).

Mpyisi yasize hari imirimo yari yaratangije ariko atabaruka atayigejeje ku ndunduro, iyo ikabamo n’iryo shuri.

Abo mu muryango we n’inshuti zabo bahise biyemeza gukomeza kuyiteza imbere mu rwego rwo gusigasira umurage we.

Igitabo Mpyisi yanditse yacyanditse abisabwe na bamwe mu bakunzi be barimo n’abo yigishije amasomo ya Bibiliya.

Gikubiyemo inyigisho z’ingenzi zifasha umusomyi kwimenya, akamenya Imana n’umugambi imufitiye mu buzima bwe.

‘Inkomoko y’Ibyiza Byose: Imana’

Ibikorwa by’ishuri rya Bibiliya rya PEMBE bizibanda ku gushyiraho ubufatanye n’imiryango itandukanye ishingiye ku madini kugira ngo ibashyigikire mu kugura Bibiliya no kuzikwirakwiza mu mashuri n’amatsinda yifuza kwiga Bibiliya.

Hateganyijwe kandi ko hazashyirwamo ikigega gitera inkunga uburezi bw’abana bo mu miryango itishoboye kugira ngo bashobore kwiga.

Gerald Mpyisi umuhungu wa Pasiteri Ezra Mpyisi akaba ari na we mukuru ushinzwe gusigasira ibyo Umuryango PEMBE wagezeho akangurira Abanyarwanda kumenya ibyo Bibiliya yigisha, bakamenya Imana.

Gerald Mpyisi( Ifoto@Igihe.com)

Avuga ko bamaze amezi ane bategura kumurika kiriya gitebo ndetse n’itangizwa rya ririya shuri.

Ati “Ni umunsi w’umunezero wacu kandi bikaba no ku bantu bose bakundaga Mpyisi. Twese twifuzaga ko umurage yasize w’ibyo yakoraga bishimwa na benshi uzahoraho, nkatwe rero abamukomokaho n’izindi nshuti ze byatunejeje kugira ngo dushobore kwerekana PEMBE, kandi n’abifuza kumenya amakuru y’umuryango arenzeho bakaba basura urubuga rwayo pasiteriezrampyisifoundation.org.’’

Ezra Mpyisi yatabarutse amaze guha abantu Bibiliya 1300. Umuryango yasize ashinze nawo uvuga ko uzakomeza muri uwo mujyo kandi warabikomeje kuko kugeza ubu umaze guha abantu izindi Bibiliya 700.

 

TAGGED:featuredigitaboImanaMpyisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Biden Agiye Kuzibukira Ibyo Kwiyamamaza
Next Article Abarundi Basabwe Kutazabeshya Ku Makuru Areba Ibarura Rusange
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?