Umwongereza Sir Salman Rushdie yatewe icyuma n’umugabo wo muri Iran wari uri mu bari bamuteze amatwi ubwo yatangaga ikiganiro. Abari baje kumva kiriya kiganiro bahise bamuta...
Muri Kigali Convention Center haraye habereye imurika ry’igitabo cyanditswe n’umunyamakuru Barbara Umuhoza yise SHAPED. Ni ijambo ry’Icyongereza rivuga ‘Uwigizwe, Uwaremye, Uwahanzwe…’Iki gikorwa kitabiriwe n’abantu barenga 200...
Ku isomero rya Kigali kuri uyu wa Gatanu taliki 10, Kamena, 2022 habereye igikorwa cyo gusomera igitabo runaka cyanditswe n’uwarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu rwego rwo...
Dimitrie Sissi Mukanyiligira yaraye amuritse ku mugaragaro igitabo yise Do Not Accept To Die. Ni igitabo avuga ko kigamije kubwira isi ko Jenoside yakorewe Abatutsi yabayeho...
Igitabo ‘ Ntukemere Gupfa’ cyanditswe na Dimitrie Sissi Mukanyiligira. Ni umubyeyi w’imyaka 50 y’amavuko. Mu gitabo cye harimo ubuhamya bw’uko yarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, akabaho nabi...