Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: ‘ Passports’ Nyarwanda Zakozwe Mbere Ya Kamena, 2019 Zigiye Guta Agaciro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

‘ Passports’ Nyarwanda Zakozwe Mbere Ya Kamena, 2019 Zigiye Guta Agaciro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 February 2022 8:26 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urwego rw’igihugu rushinzwe abinjira n’abasohoka rwatangaje ko impapuro z’inzira zakozwe mbere y’italiki ya 27, Kamena, 2019 zigiye gukurwaho, abazifite bakaba basabwa gushaka izigezweho zikoresha ikoranabuhanga zitwa e-passports.

Itangazo rw’uru rwego rivuga ko impapuro z’inzira zatanzwe mbere y’italiki twavuze haruguru zizaba zitacyemewe gukoreshwa mu Rwanda guhera taliki 28, Kamena, 2022.

Rigira riti: “ Turashishikariza abantu bafite impapuro z’inzira zakozwe taliki 27, Kamena, 2019 ko bagomba kuba bashatse izindi zigezweho kuko taliki 28, Kamena, 2022 izo bafite zizaba zitacyemewe.”

Impapuro z’inzira zigezweho mu Rwanda zikoranye ikorabuhanga ritemerera abazihimba kubikora kandi rikagora n’abajura bakoresha ikoranabuhanga ngo bamenye kandi bakoreshe umwirondoro w’abandi mu nyungu zabo.

Zikoranye akuma ( microship) gakumira ko hari uwashobora kwinjira mu cyumba(cy’ikoranabuhanga) twavuga ko kiba kibitse amakuru ari muri urwo rupapuro.

Ubusanzwe passports zo mu Rwanda ziba mu byiciro bitandukanye.

Muri uyu mwaka hari impapuro z’inzira zizata agaciro. Abazifite basabwa kuzihinduza hakiri kare!

Hari igenewe abana ni ukuvuga abatarageza imyaka 18 y’ubukure, ikaba imara igihe cy’imyaka ibiri ikagurwa Frw 25.000.

Indi ‘passport’ yisumbuyeho ni imara imyaka itanu ikaba igura Frw 75.000.

Hakurikiraho igura Frw 100.000 imara imyaka 10.

Izindi zihariye ni ihabwa abantu ngo bayikoreshe mu kazi kihariye ikamara imyaka itanu.

Yo igura Frw 15.000 mu gihe hari indi igenewe abakora muri za Ambasade mu kazi kihariye yitwa ‘diplomatic passport’ igura Frw 50.000.

TAGGED:featuredImpapuroInziraPassportsRwandaUrwego
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Amazi Mabi Ashobora Guhindurwa Urubogobogo Mu Gihe Cy’Ibiza
Next Article Gutera Inda Abangavu B’u Rwanda Bimaze ‘Kuba Icyorezo’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?