Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Buhari Wa Nigeria Yagiye Mu Bwongereza Kwivuza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Buhari Wa Nigeria Yagiye Mu Bwongereza Kwivuza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 June 2021 7:02 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’igihugu cya Nigeria Muhammadu Buhari yagiye kwivuriza mu Bwongereza bikaba biteganyijwe ko azagaruka mu gihugu cye mu matariki y’Icyumweru cya kabiri cya Nyakanga, 2021.

Iby’uko Perezida Buhari yagiye kwivuza mu Bwongereza byatangajwe n’umwe mu bakora mu Biro bye witwa Femi Adesina, akaba ari umujyanama wa Perezida Buhari ku byerekeye itangazamakuru no kwamamaza isura ya Nigeria.

Perezida Buhari yaherukaga mu Bwongereza gusuzumisha uko ubuzima bwe bumeze hagati y’itariki 30, Werurwe n’iya 16, Mata, 2021.

Mbere y’iki gihe, Buhari yaherukaga mu Bwongereza ubwo yitabiraga Inama mpuzamahanga yahuje u Bwongereza n’Ibihugu by’Afurika yiswe UK-Africa Investment Summit.

Abatavuga rumwe na Leta ayoboye bavuga ko ananiwe, ko nta  buzima buzira umuze afite bityo ko atagishoboye kuyobora igihugu kinini kandi gituwe kurusha ibindi muri Afurika aricyo Nigeria.

Nigeria ituwe n’abaturage barenga miliyoni 200.

Ibibazo bya Politiki bibaye muri Nigeria bigira ingaruka kuri Afurika yose.

TAGGED:BuharifeaturedKwivuzaNigeriaUburwayi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame Yagiranye Ibiganiro n’Intumwa Yihariye Ya Amerika Mu Ihembe Rya Afurika
Next Article U Rwanda Rugiye Gushora Miliyari 107 Frw Mu Gukingira COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?