Umunyamerikakazi wamamaye mu ndirimbo zo mu bwoko bwa rock’n roll witwa Tina Turner yaraye atabarutse nyuma y’uburwayi yari amaranye igihe. Yapfuye afite imyaka 83 y’amavuko. Uyu...
U Rwanda rwafatanyije n’amahanga kuzirikana ibibazo abana bavukana ubumuga bw’imyitwarire idasanzwe ishingiye ku mikorere y’ubwonko bwabo bwitwa Autism bahura nabyo. Mu Mujyi wa Kigali ahabereye inama...
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 01, Mata, 2023 Papa Francis yasohotse mu bitaro aho yari amaze iminsi micye arwariye. Yari arwaye mu bihaha, guhumeka ari ikibazo....
Umurambo wa Hon Fidel Rwigamba uherutse kwitaba Imana wasezeweho na bagenzi be bari bateraniye mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda. Hon Rwigamba aherutse gutabaruka azize uburwayi...
Musharraf yayoboye Pakistan mu gihe gikomeye akaba yaguye mu bitaro by’i Dubai azize uburwayi yari amaranye igihe. Apfuye afite imyaka 79 y’amavuko. Musharraf yibukirwa kuri byinshi...