Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Agiye Guhabwa Impamyabumenyi Y’Ikirenga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Agiye Guhabwa Impamyabumenyi Y’Ikirenga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 June 2024 7:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Koreya y’Epfo aho Perezida Paul Kagame ari mu Nama Mpuzamahanga y’ibihugu by’Afurika n’iki gihugu, azahahererwa impamyabumenyi y’ikirenga y’icyubahiro mu by’ubuyobozi rusange bita Public Policy and Management.

Azayihabwa n’ubuyobozi bw’imwe muri Kaminuza za kera kandi zikomeye kurusha izindi muri iki gihugu yitwa Yonsei University of South Korea.

Perezida wa 20 w’iyi Kaminuza yitwa Dong-Sup Yoon, akaba ayabora Kaminuza yashinzwe mu mwaka wa 1885.

Mu Mateka y’u Rwanda uyu niwo mwaka umwami waguye u Rwanda kurusha abandi Kigeli IV Rwabugiri yatangiyemo.

Kaminuza ya Yonsei ifite ibigo 178 by’ubushakashatsi biyishamikiyeho.

Hagati aho Perezida Kagame yahuye na mugenzi uyobora Koreya y’Epfo witwa Yoon Suk Yeol.

Ibiganiro byabo byibanze ku mikoranire hagati ya Kigali na Seoul mu bice bitandukanye by’amajyambere birimo ikoranabuhanga, uburezi, ubuzima iterambere ry’ibikorwaremezo n’ibindi.

This morning in Seoul, President Kagame was received by President Yoon Suk Yeol of the Republic of Korea @President_KR. They discussed ways to foster stronger bilateral relations and cooperation in various sectors. pic.twitter.com/yxIY6lnEnG

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) June 3, 2024

TAGGED:featuredIkirengaImpamyabumenyiKagameKaminuza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nyanza: Umusaza Akurikiranyweho Gusambanya Umwana W’Umuhungu
Next Article Minisitiri W’Ububanyi N’Amahanga W’Uburusiya Ari Muri Guinea
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?