Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Arageza Ijambo Ku Muryango W’Abibumbye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Arageza Ijambo Ku Muryango W’Abibumbye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 September 2023 8:53 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku rutonde rw’uko Abakuru b’ibihugu bavuga ijambo babwira bagenzi babo bagize Umuryango w’Abibumbye ugizwe n’ibihugu 193, hariho  ko Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ari bugeze ku bandi ijambo kuri uyu wa Gatatu taliki 20, Nzeri, 2023.

Uko bigaragara Umukuru w’u Rwanda araza kubwira abandi bayobozi ko u Rwanda rukomeje umurongo w’iterambere rwiyemeje n’ubwo ruhangana n’ibibazo bitandukanye birimo n’ibiterwa n’imihindagurikire y’ikirere ndetse n’ingaruka z’intambara ya Ukraine n’Uburusiya.

Ashobora no kuza kubabwira ko mu iterambere isi irimo, Afurika idakwiye kwibagirana kuko ari umugabane ufitiye akamaro isi muri rusange.

Birashoboka kandi ko yaza kugaruka ku mimirere y’uko u Rwanda rubanye n’amahanga yaba ibihugu birwegereye cyangwa ibirwitaruye.

Ubusanzwe Brazil nicyo gihugu gutangira kubwira abagize UN ibyo cyakoze.

Impamvu ni uko ari cyo cyatangiye kujya kibikora mbere y’ibindi kuko byo byabanzaga gusa n’ibitinda, biza kurangira Brazil ari yo ibyegukanye.

Leta zunze ubumwe z’Amerika nizo zihita zitambutsa imbwirwaruhame yazo kuko ari cyo gihugu cyakira iyo nama.

TAGGED:AbibumbyeAmerikafeaturedIntekoKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abiga Iby’Umutekano Muri Nigeria Baje Kwigira Kuri Polisi Y’u Rwanda
Next Article Intsinzi Ku Rwanda: Ishyamba Rya Nyungwe Ryagizwe Umurage W’Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?