Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Arageza Ijambo Ku Muryango W’Abibumbye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Arageza Ijambo Ku Muryango W’Abibumbye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 September 2023 8:53 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku rutonde rw’uko Abakuru b’ibihugu bavuga ijambo babwira bagenzi babo bagize Umuryango w’Abibumbye ugizwe n’ibihugu 193, hariho  ko Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ari bugeze ku bandi ijambo kuri uyu wa Gatatu taliki 20, Nzeri, 2023.

Uko bigaragara Umukuru w’u Rwanda araza kubwira abandi bayobozi ko u Rwanda rukomeje umurongo w’iterambere rwiyemeje n’ubwo ruhangana n’ibibazo bitandukanye birimo n’ibiterwa n’imihindagurikire y’ikirere ndetse n’ingaruka z’intambara ya Ukraine n’Uburusiya.

Ashobora no kuza kubabwira ko mu iterambere isi irimo, Afurika idakwiye kwibagirana kuko ari umugabane ufitiye akamaro isi muri rusange.

Birashoboka kandi ko yaza kugaruka ku mimirere y’uko u Rwanda rubanye n’amahanga yaba ibihugu birwegereye cyangwa ibirwitaruye.

Ubusanzwe Brazil nicyo gihugu gutangira kubwira abagize UN ibyo cyakoze.

Impamvu ni uko ari cyo cyatangiye kujya kibikora mbere y’ibindi kuko byo byabanzaga gusa n’ibitinda, biza kurangira Brazil ari yo ibyegukanye.

Leta zunze ubumwe z’Amerika nizo zihita zitambutsa imbwirwaruhame yazo kuko ari cyo gihugu cyakira iyo nama.

TAGGED:AbibumbyeAmerikafeaturedIntekoKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abiga Iby’Umutekano Muri Nigeria Baje Kwigira Kuri Polisi Y’u Rwanda
Next Article Intsinzi Ku Rwanda: Ishyamba Rya Nyungwe Ryagizwe Umurage W’Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

‘Gusaranganya Shisha Kibondo’ Ni Ruswa Nini Mu Rwego Rw’Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?