Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Arateganya Urugendo i Dubai Mu Nama Yiga Ku Miyoborere
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Arateganya Urugendo i Dubai Mu Nama Yiga Ku Miyoborere

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 February 2024 1:28 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Cyumweru kizatangira taliki 12, Gashyantare, 2024, Perezida Kagame azajya i Dubai mu Nama y’abanyacyubahiro izavuga ku byerekeye imiyoborere iboneye yitwa World Government Summit.

Iyi nama izatangira taliki 12 irangire taliki 14, Gashyantare, 2024.

Izahuza abayobozi  b’ibihugu n’abandi bantu bakora mu nzego zo hejuru zitandukanye, bose hamwe bagera ku 4,000.

Ni inama ngarukamwaka buri gihe ibera i Dubai muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu.

Abayitabira baba baturutse mu bihugu 150, ikazibanda cyane cyane mu gukoresha ubwenge buhangano mu nzego z’imiyoborere hagamijwe gushakira ibisubizo ibibazo abatuye isi bazahura nabyo mu gihe kiri imbere.

Abahanga bavuga ko ubwenge buhangano bukiri mu gihe cyabwo cyo kuvuka, ko imbere hari byinshi abantu bakwiye kwitega.

Ni ikoranabuhanga rizagira ingaruka ku mikorere y’ibintu byose ku isi haba mu bukungu, mu buyobozi, mu butabera, mu buvuzi n’ahandi.

Iyi nama izaba ibaye ku nshuro ya 10 ikaba imaze gutumirwamo Abakuru b’ibihugu 50, ba Minisitiri 2,500 , abatanze ibiganiro batandukanye bagera ku 1,550 n’abitabiriye ibi biganiro bose hamwe 38,000.

TAGGED:AbahangaDubaifeaturedInamaPolitiki
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abafungiye Muri Gereza Z’u Rwanda Bangana Na 140,7%
Next Article Perezida Wa Pologne Yageze i Kibeho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?