Uwo ari we wese wabaye mu gace kabamo imibu, azi ukuntu itesha abantu umutwe, ikababuza gusinzira. Imibu ibuza umuntu gusinzira ishaka amaraso ariko abahanga basanze ibifashwamo...
Abahanga bo muri Kaminuza ya Oxford bavuga ko urukingo rwa AstraZenica bakoze rwagaragaje ko rufite ubushobozi buhagije bwo gutuma uwaruhawe agira umubiri ufite ubudahangarwa buhagije ku...
Abahanga bemeza ko umuntu utajya ukoresha ubwonko bwe ngo arebe niba yibuka igisobanuro cy’ikintu runaka ahubwo agahora abaza Google ‘yibeshya ko azi ubwenge kandi ntabwo.’ Kumenya...
Bisa n’aho bitangaje ndetse bigoye kubyemera, ariko abahanga mu binyabuzima bemeza ko mu mwaka miliyoni 20 ishize, umuntu yahoranye umurizo uza kuvaho kubera imikorere idasanzwe yabaye...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima, World Health Organization, ryatangaje ko hari ubundi bwoko bwa COVID-19 yihinduranyije bwadutse. Babwise Mu. Abahanga babuhaye ikirango bise B.1.621. Bivugwa ko...