Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Ari i Burundi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Kagame Ari i Burundi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 February 2023 12:23 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rwego rwo kwitabira idasanzwe yatumijwe na mugenzi uyobora u Burundi, Perezida Kagame yageze i Bujumbura. Hari hashize ‘igihe kirekire’ atahagera.

Perezida w’u Rwanda yagiye i Burundi kwitabira inama yatumijwe na Evarsite Ndayishimiye ngo yige aho kugarura umutekano mu Burasirazuba bwa DRC bigeze.

President Kagame has arrived in Bujumbura where he will attend the 20th Extra-Ordinary Summit of East African Community Heads of State, chaired by President Evariste Ndayishimiye @GeneralNeva. pic.twitter.com/hTcllc9rY8

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) February 4, 2023

Ni inama ari buhuriremo na bagenzi be harimo uyobora Tanzania, Uganda, Kenya ndetse n’uwa DRC, Felix Tshisekedi naramuka ahisemo kuyitabira.

Irabera i Bujumbura ihuze Abakuru b’ibihugu bya EAC ukuyemo Sudani y’Epfo kubera ko muri iki gihe ifite umushyitsi ukomeye, ari we Papa Francis.

Iyi nama idasanzwe y’Abakuru b’Ibihugu by’Akarere iriga ku bibazo biri muri Congo.

Ni inama ya 20  IDASANZWE.

Harigirwamo uko umutekano wifashe mu Karere ariko birashoboka cyane ko DRC iri bubazwe impamvu iherutse kwirukaba abasirikare batatu bakuru b’u Rwanda babaga mu mutwe w’Akarere wo kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa DRC witwa EAC Force.

Umunyamabanga mukuru w’uyu muryango Dr. Peter Mathuki yandikiye DRC ibaruwa ayisaba gutanga ibisobanuro byumvikana kandi bitanzwe vuba ku cyayiteye kwirukana bariya basirikare kandi bari mu mutwe bwashyizweho ku cyemezo cy’Abakuru b’ibihugu bari bateraniye i Sharm El Sheikh mu Misiri.

Ni inama iteranye mu gihe imirwano ica ibintu hagati y’ingabo za Leta ya Congo n’umutwe wa M23.

Nta gihe kinini gishize yubuye ndetse abarwanyi ba M23 bahise bisubiza ibice bimwe bari baravuyemo bongeraho n’ibindi batari barafashe mbere.

Ubu bafahse ibice bya Kilolirwe kandi barasatira inkengero z’umujyi wa Sake muri Masisi.

TAGGED:AbakuruBurundiDRCfeaturedInamaKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Robert Bafakulera Wayoboraga PSF Yeguye
Next Article Kigali: Abakozi Ba Hoteli Bibye Umukiliya $6,800
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?