Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Ari Muri Leta Zunze Ubumwe Z’Abarabu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Ari Muri Leta Zunze Ubumwe Z’Abarabu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 June 2022 5:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu masaha ashyira ay’igicamunsi kuri uyu wa Gatatu taliki 15, Kamena, 2022 nibwo Perezida Kagame yari ageze Abu Dhabi muri Leta zunze ubumwe z’Abarabu mu ruzinduko rw’akazi.

Sheikh Shakhboot bin Nahyan Al Nahyan, Minister of State of Foreign Affairs and International Cooperation welcomes President Kagame to Abu Dhabi, where he will pay his respects to H.H. Sheikh Khalifa bin Zayed Al Nahyan and offer his condolences to H.H. Sheikh @MohamedBinZayed. pic.twitter.com/RNKsob78bM

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) June 15, 2022

Kuri gahunda ye hataganyijwe ko azunamira Sheikh Khalifa bin Zayed Al Nahyan wari Perezida w’iki gihugu watabarutse muri Gicurasi, 2022 azize uburwayi yari amaranye igihe.

Sheikh Khalifa bin Zayed Al Nahyan wari usanzwe ari Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Abarabu yapfuye afite imyaka 73 y’amavuko.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Sheikh Khalifa bin Zayed Al Nahyan

Uburwayi bwe bwari bukomeye k’uburyo atitabiraga inama myinshi zireba igihugu cye ndetse n’ibindi bikorwa bigifitiye akamaro.

Ku  kibuga cy’indege, Perezida Kagame yakiriwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa kiriya gihugu witwa Sheikh Shakhboot bin Nahyan Al Nahyan.

Yabanje kugirana ibiganiro bito na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’iki gihugu
TAGGED:AbarabufeaturedKagameUruzinduko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amaduka Y’Abanyarwanda Bacururiza I Goma Yasahuwe
Next Article CHOGM: Muri Kigali Hari Abiyemeje Kuzajya Bakora Amasaha Yose Y’Umunsi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?