Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Azageza Ijambo Ku Nteko Ishinga Amategeko Ya Congo-Brazzaville
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Azageza Ijambo Ku Nteko Ishinga Amategeko Ya Congo-Brazzaville

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 April 2022 2:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu cya Congo- Brazaville byanditse kuri Twitter ko Perezida Paul Kagame azasura iki gihugu taliki 11, Mata, 2022.

Byatangajwe ko azahakorera urugendo rw’amasaha 72 akazageza ijambo ku bagize Inteko ishinga amategeko y’iki gihugu.

Kuri gahunda y’urugendo rwe, harimo ko azayobora isinywa ry’amasezerano atandukanye y’ubufatanye hagati ya Kigali na Brazzaville.

Kagame azaganira kandi n’abayobozi b’imwe muri Leta z’iki gihugu yitwa Oyo.

Son Excellence Monsieur Paul KAGAME, Président de la République du Rwanda est attendu à Brazzaville le 11 avril 2022 pour une visite d’Etat de 72 heures. Au programme: Signature des accords, adresse au parlement congolais réuni en congrès, entretiens entre les chefs d’Etat à Oyo pic.twitter.com/6oVHaOY4FB

— Présidence de la République du Congo – Officiel (@PR_Congo) April 8, 2022

Leta ya Oyo niyo Perezida Sassou Nguesso akomokamo. Mu mwaka wa 2013 nabwo Perezida Kagame yarayisuye.

Ubwa mbere Perezida Kagame asura Congo Brazzaville hari mu mwaka wa 2004.

Nyuma y’iki gihe, Abakuru b’ibihugu byombi bakomeje gusurana mu rwego rwo gutsura umubano hagati y’ibihugu bayobora.

U Rwanda na Congo-Brazzaville bikorana mu nzego zitandukanye zirimo ubucuruzi n’ubwikorezi bukoresha indege.

Mbere ya COVID-19, byari bisanzwe ko indege za RwandAir zajyaga muri Brazzaville inshuro ebyiri mu Cyumweru.

TAGGED:Brazzaville. CongoDenis Sassou NguessofeaturedKagameLeta
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Arabie Saoudite Yakomoreye Abifuza Gusura I Mecca Ariko Batarengeje Imyaka 65
Next Article Umubano Wa Putin N’Abakandida Mu Matora Ya Perezida W’u Bufaransa Ushobora Guhindura Ibintu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?