Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Muri Uganda Kwizihiza Isabukuru Y’Amavuko Ya Lt Gen Muhoozi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Muri Uganda Kwizihiza Isabukuru Y’Amavuko Ya Lt Gen Muhoozi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 April 2022 3:04 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame ari muri Uganda aho yitabiriye ibirori byo ku rwego rwo hejuru byo kwizihiza isabukuru y’amavuko ya Lt Gen Muhoozi Kainerugaba wujuje imyaka 48 y’amavuko.

Ubwo Muhoozi aheruka mu Rwanda Perezida Kagame yamugabiye inka z’inyambo, amushimira intambwe nziza yateye yo kongera gutuma umubano hagati y’u Rwanda na Uganda uba mwiza.

Uretse kwitabira iriya biriro, hari n’amakuru avuga ko azagira ibiganiro na mugenzi we uyibora Uganda Yoweli Museveni akaba na Se wa Muhoozi Kainerugaba.

Lt Gen Muhoozi Kainerugaba asanzwe ari Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku butaka akaba n’umujyanama wa Perezida Museveni mu by’umutekano.

Ibirori byo kwizihiza umunsi mukuru w’amavuko ya Lt Gen Muhoozi byatangiye kuri uyu wa Gatandatu ubwo yakiraga abaturage ba Uganda bakishimana.

Hari n’abahanzi batandukanye barimo n’Umunyarwanda Massamba Intore.

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru Massamba yabwiye Taarifa ko ejo we n’abo bari bafatanyije bacyuye inganji.

Avuga ko bashimishije abari bahari kandi ngo Gen Muhoozi yamutumiye no kuza gususurutsa abanyacyubahiro bo ku rwego rwo hejuru bari bwitabire umuhango uri bubere mu Ngoro y’Umukuru w’Igihugu cya Uganda.

Impamvu Perezida Kagame Yagabiye Muhoozi Inyambo

TAGGED:featuredKagameMuhooziMuseveniUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kwambara Neza ‘Ugakabya’ Mu Kazi Bibangamira Abo Mukorana
Next Article Intsinzi Ya Macron Mu Maso Y’u Bwongereza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?