Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Na Perezida Suluhu Basuye Uruganda Rw’Inyange
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Perezida Kagame Na Perezida Suluhu Basuye Uruganda Rw’Inyange

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 August 2021 11:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri Perezida Kagame na Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania basuye uruganda rwitwa Inyange Industries ruri ahitwa ku Murindi mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro.

Perezida Suluhu Hassan ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, ari burangize uyu munsi.

Ku rukuta rwa Twitter rw’Ibiro by’Umukuru w’igihugu w’u Rwanda handitse ko  Abakuru b’ibihugu byombi basuye ruriya ruganda, berekwa ibyo rukora birimo gutunganya ibikomoka ku mata, ku mbuto, gutunganya amazi n’ibindi.

Biteganyijwe ko Perezida Suluhu ari burangize uruzinduko rwe kuri uyu wa Kabiri.

Yageze mu Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 02, Kanama, 2021 yakirwa na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta nyuma bakomereza muri Village Urugwiro kwakirwa na Perezida Kagame.

Nyuma yabyo habayeho ibiganiro mu muhezo hagati y’Abakuru b’ibihugu byombi, urangiye habaho gusinya amasezerano y’ubufatanye muri byinshi.

Isinywa ryayo ryakurikiwe n’ikiganiro n’abanyamakuru.

TAGGED:featuredInyangeKagameSuluhuTanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abacuruzi B’I Kampala Banze Kumvira Ubuyobozi Bafungura Amaduka
Next Article U Rwanda Rwasabye Tanzania Abarimu b’Igiswahili
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?