Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Na Perezida Suluhu Basuye Uruganda Rw’Inyange
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Perezida Kagame Na Perezida Suluhu Basuye Uruganda Rw’Inyange

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 August 2021 11:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri Perezida Kagame na Perezida Samia Suluhu Hassan wa Tanzania basuye uruganda rwitwa Inyange Industries ruri ahitwa ku Murindi mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro.

Perezida Suluhu Hassan ari mu Rwanda mu ruzinduko rw’iminsi ibiri, ari burangize uyu munsi.

Ku rukuta rwa Twitter rw’Ibiro by’Umukuru w’igihugu w’u Rwanda handitse ko  Abakuru b’ibihugu byombi basuye ruriya ruganda, berekwa ibyo rukora birimo gutunganya ibikomoka ku mata, ku mbuto, gutunganya amazi n’ibindi.

Biteganyijwe ko Perezida Suluhu ari burangize uruzinduko rwe kuri uyu wa Kabiri.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yageze mu Rwanda kuri uyu wa Mbere tariki 02, Kanama, 2021 yakirwa na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda, Dr Vincent Biruta nyuma bakomereza muri Village Urugwiro kwakirwa na Perezida Kagame.

Nyuma yabyo habayeho ibiganiro mu muhezo hagati y’Abakuru b’ibihugu byombi, urangiye habaho gusinya amasezerano y’ubufatanye muri byinshi.

Isinywa ryayo ryakurikiwe n’ikiganiro n’abanyamakuru.

TAGGED:featuredInyangeKagameSuluhuTanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abacuruzi B’I Kampala Banze Kumvira Ubuyobozi Bafungura Amaduka
Next Article U Rwanda Rwasabye Tanzania Abarimu b’Igiswahili
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?