Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yabwiye Isi Icyakorwa Ngo Ibidukikije Birengerwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yabwiye Isi Icyakorwa Ngo Ibidukikije Birengerwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 November 2022 2:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama yiswe Terra Carta Action Forum yatangijwe n’Umwami w’u Bwongereza Charles III, Perezida Kagame yavuze ko kugira ngo isi ishobore guhangana n’ibibazo ikirere cyayo gifite ndetse n’urusobe rw’ibinyabuzima muri rusange, bisaba imikoranire itaziguye hagati ya za Leta n’abikorera ku giti cyabo.

Yabwiye abari bamuteze amatwi ko Terra Carta ari icyemezo cyafatiwe mu Nama iherutse kubera mu Rwanda yahuje ibihugu bigize Commonwealth, iyo nama ikaba yitwa CHOGM.

Perezida Kagame yavuze ko muri iriya nama abayitabiriye basanze kugira ngo isi ishobore kubona ibyatuma idakomeza kwangirika bisaba ubufatanye hagati ya za Leta n’abikorera, byose bigakorwa hagamijwe ko ubu bufatanye buramba.

President Kagame addressed the Terra Carta Action Forum breakfast organized by @TheSMI and @commonwealthsec ahead of #COP27. Launched by King Charles III, Terra Carta sets practical action to help the private sector accelerate their progress towards a sustainable future. pic.twitter.com/81pNuXy8ek

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) November 7, 2022

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Muri ubu bufatanye kandi Perezida Kagame avuga ko ari n’aho abahanga babonera uburyo bwo guteza imbere ubushakashatsi bugamije kubonera ibisubizo ibibazo bitera cyangwa bituruka k’ukwangirika kw’ibidukikije.

Umukuru w’u Rwanda yavuze ko kuba abahnaga n’abashoramari batandukanye bahura bakaganira uko ibitera ihungabana ry’ibidukikije ari ibyo gushimwa kandi ko yizeye ko ibyemeranywa muri iyi nama ya Terra Carta Action Forum bitazaba amasigarakicaro, ahubwo ko bizashyirwa mu bikorwa mu nyungu z’abatuye isi muri rusange.

Umwami Charles III niwe watangije Terra Carta mu mwaka wa 2021
TAGGED:BwongerezaIbidukikijeIsiKagameUmwami
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Indege Y’Intambara Ya DRC Yavogereye Ikirere Cy’u Rwanda
Next Article Mu Mafoto: Abahinde Bo Mu Rwanda Batashye Ingoro Yabo Ya Mbere Yo Gusengeramo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?