Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yabwiye Isi Icyakorwa Ngo Ibidukikije Birengerwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Perezida Kagame Yabwiye Isi Icyakorwa Ngo Ibidukikije Birengerwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 November 2022 2:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu ijambo yagejeje ku bitabiriye inama yiswe Terra Carta Action Forum yatangijwe n’Umwami w’u Bwongereza Charles III, Perezida Kagame yavuze ko kugira ngo isi ishobore guhangana n’ibibazo ikirere cyayo gifite ndetse n’urusobe rw’ibinyabuzima muri rusange, bisaba imikoranire itaziguye hagati ya za Leta n’abikorera ku giti cyabo.

Yabwiye abari bamuteze amatwi ko Terra Carta ari icyemezo cyafatiwe mu Nama iherutse kubera mu Rwanda yahuje ibihugu bigize Commonwealth, iyo nama ikaba yitwa CHOGM.

Perezida Kagame yavuze ko muri iriya nama abayitabiriye basanze kugira ngo isi ishobore kubona ibyatuma idakomeza kwangirika bisaba ubufatanye hagati ya za Leta n’abikorera, byose bigakorwa hagamijwe ko ubu bufatanye buramba.

President Kagame addressed the Terra Carta Action Forum breakfast organized by @TheSMI and @commonwealthsec ahead of #COP27. Launched by King Charles III, Terra Carta sets practical action to help the private sector accelerate their progress towards a sustainable future. pic.twitter.com/81pNuXy8ek

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) November 7, 2022

Muri ubu bufatanye kandi Perezida Kagame avuga ko ari n’aho abahanga babonera uburyo bwo guteza imbere ubushakashatsi bugamije kubonera ibisubizo ibibazo bitera cyangwa bituruka k’ukwangirika kw’ibidukikije.

Umukuru w’u Rwanda yavuze ko kuba abahnaga n’abashoramari batandukanye bahura bakaganira uko ibitera ihungabana ry’ibidukikije ari ibyo gushimwa kandi ko yizeye ko ibyemeranywa muri iyi nama ya Terra Carta Action Forum bitazaba amasigarakicaro, ahubwo ko bizashyirwa mu bikorwa mu nyungu z’abatuye isi muri rusange.

Umwami Charles III niwe watangije Terra Carta mu mwaka wa 2021
TAGGED:BwongerezaIbidukikijeIsiKagameUmwami
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Indege Y’Intambara Ya DRC Yavogereye Ikirere Cy’u Rwanda
Next Article Mu Mafoto: Abahinde Bo Mu Rwanda Batashye Ingoro Yabo Ya Mbere Yo Gusengeramo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?